Inkuru nyamukuru
Ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), ni imwe mu ntambwe zigize inkingi y’imibereho myiza y’abaturage, mu ngamba za Guverinoma z’imyaka irindwi yagiriye umumaro Abanyarwanda...
Hi, what are you looking for?
Ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), ni imwe mu ntambwe zigize inkingi y’imibereho myiza y’abaturage, mu ngamba za Guverinoma z’imyaka irindwi yagiriye umumaro Abanyarwanda...
Ibi ni bimwe mu magambo yavuzwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka icumi umuryango uharanira kurwanya icyorezo AHF...
Mu minsi ine gusa abarenga 500 bamaze kuboneza urubyaro, ariko n’ubwo bangana batyo, akarere karacyari inyuma, abagabo na bo imyumvire yabo iracyari hasi. Mu...
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) kinafite Ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) mu nshingano zacyo, gisaba abakoresha ubwo bwishingizi gutangira gutanga imisanzu yabo hakiri kare, mu...
Ifu y’igikoma yiswe “Shisha Kibondo” ikungahaye ku ntungamubiri ni yo Leta yatangiye guha abagore batwite bari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe, hamwe n’abana kuva...
Abanyagatsibo bakorera hanze y’imbibi z’akarere bibumbiye mu Ihuriro ry’abavandimwe “Brothers and Sisters Community” barakusanya inkunga hagati yabo yo gufasha abaturage batishoboye bo mu karere...
26 January 2017 – Kirehe, Rwanda: Today the Minister of Disaster Management and Refugees Hon. Mukantabana Seraphine and UN High Commissioner for Refugees (UNHCR)...
Gukora uburaya si ikintu cyoroshye umuntu abyuka ngo yinjiremo kimwe n’uko kubusohokamo ari urugendo rukomeye. Bamwe mu bakora uburaya batuye mu karere ka Rubavu,...
Abaturage batuye mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Nyamyumba barinubira indaya nyinshi zikorera hafi y’uruganda rwenga inzoga na Fanta (Bralirwa) ahazwi ku izina...
Gahunda yo kuboneza urubyaro mu karere ka Bugesera yitabirwa n’abagore ku gipimo kirenga ½ cy’abagore bashobora kubyara, mu gihe abagabo bo basa n’abadakozwa kwifungisha...
Diyabete cyangwa indwara y’isukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu...
Akenshi dukunda kuvuga ku muvuduko udasanzwe w’amaraso ariyo hypertension ariko ntidukunze kwibaza mu gihe uwo muvuduko wabaye muke aribyo hypotension, niyo mpamvu tugiye kugaruka kuri iyi ndwara...
Umunaniro ukabije mu kazi (Stress in working place) ni ikibazo gihangayikishije abakozi, ndetse uhitana abakozi benshi nyamara utari ku rutonde rw’indwara zihitana abakozi mu...
Ibura ry’udukingirizo ni ikibazo gikomeye ku bakora uburaya ku mupaka wa Cyanika, ugabanya u Rwanda na Uganda, mu karere ka Burera. Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi...
Akarere ka Rwamagana katangiye gahunda yo kungera imbaraga mu kurwanya imirire mibi mu bana batarengeje imyaka itanu ndetse no mu bagore batwtite n’abonsa. Imiryango...