Amakuru
Nadine Dorries, umudepite akaba na minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza bamupimye basanga afite icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVID 19. Nk’uko tubikesha BBC Gahuza, Minisitiri Nadine...
Hi, what are you looking for?
Nadine Dorries, umudepite akaba na minisitiri w’ubuzima w’Ubwongereza bamupimye basanga afite icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) cyiswe COVID 19. Nk’uko tubikesha BBC Gahuza, Minisitiri Nadine...
Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo gusuzuma abanyarwanda bose umwijima wo mu bwoko bwa C (Hepatite C), ndetse n’usanzwemo iyi ndwara akavurwa ku buntu....
Icyorezo cya Koronavirusi (Coronavirus) nshya kiswe COVID-19, cyagaragaye mu gihugu cy’u Bushinwa ndetse kigenda gikwira vuba na vuba mu bindi bihugu, kubera urujya n’uruza...
Abarwayi b’umutima basaga igihumbi ni bo bamaze igihe kirekire bategereje kubagwa indwara z’umutima bitewe n’ikibazo cy’ubuke bw’abaganga bavura umutima ku buryo bisaba abaganga b’inzobere baza...
Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC), ku bufatanye na Minisiteri y’Ingabo n’abafatantabikorwa, ku wa 4 Gashyantare 2020 mu kuzirikana umunsi wahariwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwishimira ko kuba serivisi z’ubuzima zaregerejwe abaturage, bacitse ku muco wo kubarira mu rugo bagana ibigo nderabuzima. Ubu ababyeyi babyarira...
Leta y’u Rwanda yasabye Abanyarwanda gusubika ingendo zitari ngombwa zerekeza mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa, nyuma y’uko hagaragaye icyorezo cya coronavirus, bigatangira no...
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bikomeje kurwanya ko icyorezo cya Ebola yagera mu gihugu gituranyi cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), kuko...
Ikigo Abbott gifatanyije n’umuryango Team type 1 bahaye Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda ibikoresho bizifashishwa n’abarwayi ba Diyabete yo mu bwoko bwa mbere mu gupima...
Ministeri y’ubuzima akomeje ubukangurambaga bwo gukumira icyorezo cya Ebola ibinyujije muri gahunda yiswe Umurinzi mu gukingira Ebola ku bushake mu karere ka Rusizi ku...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rita ku buzima (OMS/WHO) rirashimira u Rwanda imbaraga n’umuhate rwashyize mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya SIDA n’izindi ndwara cyane cyane...
Ababyeyi bayobotse Ikigo mbonezamikurire y’abana bato bishimira ko abana bagezemo bahabwa uburere bwiza kandi bakiyungura ubumenyi, hakiyongeraho no kugira ubufatanye mu kubategurira indyo yuzuye...
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Mu murenge wa Bugarama, wo mu karere ka Rusizi y’Amajyepfo, uhana imbibe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa 19 Ugushyingo 2019, habereye...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Igororamuco mu Rwanda butangaza ko abarenga 80 ku ijana mu rubyiruko rugororerwa mu Kigo cy’Igororamuco cya Nyamagabe bahuye n’ihungabana kubera...