Amakuru
Amakimbirane yo mu ngo ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge bigira uruhare runini ku ihungabana ry’abana. Ibi kandi ni kimwe mu bishobora gutera uburwayi bwo mu...
Hi, what are you looking for?
Amakimbirane yo mu ngo ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge bigira uruhare runini ku ihungabana ry’abana. Ibi kandi ni kimwe mu bishobora gutera uburwayi bwo mu...
Abakora uburaya bo mu mujyi wa Kamembe mu karere ka Rusizi, bazwi ku izina “Abatabazi” bahamya ko agakingirizo ari intwaro badashobora kwibagirwa mu gihe...
Ubuyobozi bw’Ikigo k’igihugu cy’ubuzima, RBC, butangaza ko mu Rwanda gahunda yo kuboneza urubyaro igenda neza, kuko umubare w’abana ku muryango ugenda ugabanyuka, kuko mu...
Ikibazo k’imyumvire y’abaturage mu karere ka Burera ku birebana no gutegura indyo yuzuye ku bana no ku mubyeyi utwite byatumye abana bagera kuri 42,9...
Ibikorwa by’abaganga ba gisirikare byahuje abasirikare b’u Rwanda n’aba Leta zunze ubumwe za Amerika mu rwego rw’ubufatanye bw’imyitozo ya Shared Accord 19, byasojwe hamaze...
Abagore bakarere ka Burera barashinja abagabo babo kutabemerera kwitabira kuri gahunda yo kuboneza urubyaro, nubikoze ugasanga umugabo atabyumva neza aho ahitamo kumuca inyuma akamubyariraho...
“Umugore wubatse urugo cyangwa se umukobwa wishoye mu buraya ntashobora kwiteza imbere kuko atabona umwanya wo kwita ku muryango we no ku bituma ashobora...
Imirenge igize Akarere ka Musanze uko ari 15 yose yahagurukiye urugamba rwo guhangana n’umwanda. Ni nyuma y’uko Intara yose inenzwe n’Umukuru w’igihugu ubwo aheruka...
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Ku wa 6 Kanama 2019, Minisitiri w’Ubuzima w’agateganyo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), Bwana Pierre Kangudia aherekejwe n’abandi bakorana, ku butumire bwa...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 1 Kanama 2019, hasakaye amakuru ko urujya n’uruza bisanzwe bigaragara ku mupaka wa Rubavu uhuza u...
Ku wa 14 Kamena 2019, ni umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso, kuri uyu munsi u Rwanda rwabaye igihugu cya kabiri muri Afurika wizihirijwemo, ukaba...
Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu turere turindwi tugize Intara y’Iburasirazuba. Gahana imbibi n’ibihugu bya Uganda na Tanzania. Muri aka karere, abafata imiti igabanya...
Gusura ingo muri gahunda ya “Gira ubuzima”, byafashije abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rwamagana kumenya ahari ibibazo by’isuku nke n’ahari abana bafite ikibazo...