Amakuru
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Hi, what are you looking for?
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Itangazo ryatanzwe na RURA, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Nyakanga 2020, rivuga ko guhera ku wa Gatandatu tariki ya 4 Nyakanga 2020...
Ni igikorwa cyateguwe ku bufatanye bw’imiryango itari iya Leta iharanira ubuzima bwiza n’ubutabera yahuje imbaraga ibitewemo inkunga n’Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi (EU) kuva ku wa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko butazihanganira abantu barenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ivuga ko ariya mafaranga ari Leta ya America yayatanze ikaba yari ihagarariwe n’Ikigega cy’Abanyamerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga USAID. Amasezerano yasinywe none...
Umushinga Hinga Weze na Equity Bank, ku wa 30 Kamena 2020, bashyize umukono ku masezerano y’imikoranire aho bizafasha abahinzi n’abarozi, koperative z’abahinzi n’ababagezeho imyongeramusaruro kubona...
Amakuru yakwirakwiye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 28 Kamena 2020 nibwo abagizi ba nabi bishe umugabo wo mu murenge Gishamvu mu karere...
Inda z’imburagihe, kwirirwa mu mihanda ndetse no guta ishuri ni bimwe mu bibazo abana bahura na byo bikomotse ku makimbirane mu miryango. Ibi ni...
Umugabo witwa Rwagasore Jean de Dieu, utuye mu murenge wa Mukama mu karere ka Nyagatare bivugwa ko nyuma yo kugurisha umutungo we akajya gutura...
Mu rwego rwo kugoboka imiryango itishoboye isanzwe ibaho ari uko yakoze, imiryango itegamiye kuri Guverinoma ifite mu nshingano zayo ubutabera n’ubuzima, ibitewemo inkunga n’Umuryango...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi bavuga ko batakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro bw’igihe kirekire batarashaka, kubera ko batinya ingaruka bishobora kubagiraho...
Itangazo dukesha Umuryango uhuza abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (GAERG), rigaragaza ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Kamena 2020, hateguye...
Inama y’abaminisitiri idasanzwe yateranye ku wa 16 Kamena 2020, muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, mu myanzuro yafashe harimo gukomorera...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ubwo yasuraga Akarere ka Nyamagabe mu mwaka wa 2019, yabemereye ko abatuye mu mirenge ya Kaduha na...
Amatariki ya nyuma ya Kamena 1994 yaranzwe no gutsindwa kw’ingabo za Guverinoma y’abicanyi zitakaza ibice byinshi by’Umujyi wa Kigali n’Umujyi wose wa Gitarama wabohowe...