Amakuru
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Hi, what are you looking for?
Ku wa Gatatu tariki ya 14 Kanama 2019, i Butaro mu karere ka Burera hatashywe inzu izafasha abivuza indwara za kanseri ndetse n’abarwaza kubona...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) bafatanije na Hinga Weze hamwe na UNICEF basobanura ko umugore agomba konsa umwana mw’isaha ya mbere akimara kubyara kugira...
Ku wa 6 Kanama 2019, Minisitiri w’Ubuzima w’agateganyo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo (DRC), Bwana Pierre Kangudia aherekejwe n’abandi bakorana, ku butumire bwa...
Mu gitondo cyo ku wa kane tariki ya 1 Kanama 2019, hasakaye amakuru ko urujya n’uruza bisanzwe bigaragara ku mupaka wa Rubavu uhuza u...
Ku wa 14 Kamena 2019, ni umunsi mpuzamahanga wo gutanga amaraso, kuri uyu munsi u Rwanda rwabaye igihugu cya kabiri muri Afurika wizihirijwemo, ukaba...
Akarere ka Nyagatare ni kamwe mu turere turindwi tugize Intara y’Iburasirazuba. Gahana imbibi n’ibihugu bya Uganda na Tanzania. Muri aka karere, abafata imiti igabanya...
Gusura ingo muri gahunda ya “Gira ubuzima”, byafashije abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rwamagana kumenya ahari ibibazo by’isuku nke n’ahari abana bafite ikibazo...
Buri mwaka nibura abana bagera ku bihumbi magana atatu na mirongo itandatu (360,000), bakomoka mu bihugu bitatu bya Afurika, bazahabwa urukingo rwa mbere rwo...
Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuzima igaragaza ko abanyarwanda bagera hafi kuri batanu ku ijana (4,8%) ku banyarwanda bose bafite ikibazo k’indwara ya Hepatite. Umunyamabanga...
Ubuyobozi bw’akarere ka Karongi bukomeje gukora ibishoboka byose ngo buburizemo ubwandu bushya bw’agakoko ka Virusi itera SIDA binyuze mu kwigisha, gufasha no gukora ubuvugizi ...
Umukozi ushinzwe gutanga ubumenyi kuri serivisi z’icyorezo cya SIDA mu karere ka Bugesera, Hitimamana Janvier, agira inama umuntu wese wumva ko kuba yaranduye virusi...
Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda biri i Kanombe, byatoranyijwe ngo bijye bihugura abaganga bavura ubusembwa bw’umubiri mu izina ry’Ishuri rikuru ryigisha kubaga ry’Umuryango uhuza...
Ingabo z’u Rwanda zibinyujije mu Bitaro bikuru bya Gisirikare by’i Kanombe, zizatangiza muri Mutarama 2019 ikigo gishya kizafasha kuvura kanseri mu buryo bwihariye (oncology)...
Abakobwa babyarira iwabo batungwa agatoki ku kutitabira gahunda yo kuringaniza urubyaro bakabyara abana benshi. Bamwe muri bo bavuga ko batafata imiti yo kuringaniza urubyaro...
Mu gihe hari abanga kwitabira gahunda yo kuboneza urubyaro bitwaje imyemerere ishingiye ku matorero basengeramo, umujyanama w’ubuzima witwa Mihito Amiel, usengera muri ADEPR, atanga...