Amakuru
Mu Rwanda ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya icyorezo cya SIDA hanamuritswe uburyo bushya bwo kwipima Virusi itera SIDA aho buri wese ashobora kwipima...
Hi, what are you looking for?
Mu Rwanda ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wo kurwanya icyorezo cya SIDA hanamuritswe uburyo bushya bwo kwipima Virusi itera SIDA aho buri wese ashobora kwipima...
Ubusanzwe nta muntu ujya wifuza kurwara. Ni yo umuntu agize ingorane akarwara, atanga amafaranga menshi akivuza. Indwara irakuzahaza, ikakubuza kujya ku ishuri cyangwa ku...
Ubusanzwe nta muntu ujya wifuza kurwara. Ni yo umuntu agize ingorane akarwara, atanga amafaranga menshi akivuza. Indwara irakuzahaza, ikakubuza kujya ku ishuri cyangwa ku...
Ubusanzwe nta muntu ujya wifuza kurwara. Ni yo umuntu agize ingorane akarwara, atanga amafaranga menshi akivuza. Indwara irakuzahaza, ikakubuza kujya ku ishuri cyangwa ku...
Indwara zitandura harimo izifata umutima n’imitsi, zica benshi kurusha izindi. Umwijima, umutima, impyiko, diyabete n’izindi zitandura zikomoka ku kunywa itabi, inzoga nyinshi, kurya nabi...
Umuryango Umutima w’amahanga (Heart of Nations Ministries) ukorera mu kagari ka Kinyaga, Umurenge wa Bumbogo, mu karere ka Gasabo, waguriye abantu ijana ubwisungane mu...
Kuri uyu wa kane tariki ya 15 Kamena 2017, u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku burwayi bwo mu mutwe usanzwe uba tariki...
Ibi byagarutsweho mu nama nyafurika iteraniye i Kigali yiga ku buzima bw’abana aho barebera hamwe indwara zahitana abana mu gihe badakingiwe cyangwa ba nyina...
Mu murenge wa Kibeho, Akarere ka Nyaruguru, bamwe mu babyeyi bigeze kurwaza indwara y’imirire mibi mu bana babo, bavuga ko ubujiji ari bwo bwateye...
Ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), ni imwe mu ntambwe zigize inkingi y’imibereho myiza y’abaturage, mu ngamba za Guverinoma z’imyaka irindwi yagiriye umumaro Abanyarwanda...
Ibi ni bimwe mu magambo yavuzwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka icumi umuryango uharanira kurwanya icyorezo AHF...
Mu minsi ine gusa abarenga 500 bamaze kuboneza urubyaro, ariko n’ubwo bangana batyo, akarere karacyari inyuma, abagabo na bo imyumvire yabo iracyari hasi. Mu...
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) kinafite Ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) mu nshingano zacyo, gisaba abakoresha ubwo bwishingizi gutangira gutanga imisanzu yabo hakiri kare, mu...
Ifu y’igikoma yiswe “Shisha Kibondo” ikungahaye ku ntungamubiri ni yo Leta yatangiye guha abagore batwite bari mu kiciro cya mbere cy’ubudehe, hamwe n’abana kuva...
Abanyagatsibo bakorera hanze y’imbibi z’akarere bibumbiye mu Ihuriro ry’abavandimwe “Brothers and Sisters Community” barakusanya inkunga hagati yabo yo gufasha abaturage batishoboye bo mu karere...