Akarere
Panorama Ababyeyi barerera muri Ahazaza Independent School, bashima gahunda z’ishuri mu gutanga uburezi bufite ireme, bituma bahatana ku rwego mpuzamahanga kandi bigaragarira mu musaruro...
Hi, what are you looking for?
Panorama Ababyeyi barerera muri Ahazaza Independent School, bashima gahunda z’ishuri mu gutanga uburezi bufite ireme, bituma bahatana ku rwego mpuzamahanga kandi bigaragarira mu musaruro...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwasabye ko hafatwa ibihano ku barimu 38 bakekwaho gukopera mu bizamini by’akazi byateguwe hagamijwe gutoranya abigisha n’abakozi bazahabwa...
Hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mushirarungu ruherereye mu Murenge wa Rwabicuma, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bahura n’ibihano birimo gukubitwa no kwirukanwa...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko rukomeje gahunda yo gusimbuza abayobozi b’ibigo by’amashuri batagaragaje ubushobozi buhagije mu micungire n’imiyoborere y’amashuri, aho...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri barenga 74,000 barangije amasomo yisumbuye batangiye gukora ibizamini ngiro (pratique), mu rwego rwo gupima ubumenyi bafite mu kubishyira...
Urubyiruko ruturutse muri Diyosezi Gatolika za Kabgayi na Butare rwahawe ibisobanuro birambuye ku buryo bushya bwo gufashwa gukomeza amashuri makuru na kaminuza binyuze muri...
Mu gihe hitegurwa kwizihiza umunsi w’Afurika (Africa Liberation Day) uba buri mwaka ku wa 25 Gicurasi, urubyiruko rwiga muri Ishuri rikuru Gatolika ya Kabgayi...
Umubyeyi wo muri Tanzania yavuze amagambo yakuruye impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko adashobora gushyingira umukobwa we umuntu utarize kugeza ku...
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwatangaje ko hari intambwe imaze guterwa mu guhuza ireme ry’uburezi n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, aho bamwe mu banyeshuri barangiza...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Werurwe 2025, Ikigo Ubudasa Training Center, cyatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 136 barangije amasomo yabo y’igihe gito ibizwi...
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bitegura gusubira mu miryango yabo mu kiruhuko k’igihembwe cya...
Munezero Jeanne d’Arc Abarerera mu ikigo cya GS Nyagatare giherereye mu Murenge wa Nyagatare, bashima ko cyahisemo guca burundu kwiga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka...