Amakuru
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe batarasubira mu ishuri bashishikarijwe kujya kwiga. Ubu bukangurambaga bwabereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, muri gahunda...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bangavu babyaye imburagihe batarasubira mu ishuri bashishikarijwe kujya kwiga. Ubu bukangurambaga bwabereye mu Murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare, muri gahunda...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Mbabazi Rosemary yemereye gukorera ubuvugizi urubyiruko rwiga imyuga muri Yego Center ruvuga ko iyo barangije kwiga badahabwa impamyabushobozi zemewe na RTB(Rwanda...
Bamwe mu bana bo mu Murenge wa Ruli, mu Karere ka Gakenke, bavuye mu ishuri, barasaba guhabwa ubufasha bagasubira kwiga. Aba bana bavuga ko...
Mu mujyi wa Kigali harimo gukorwa igikorwa cyo gusubiza mu ishuri, abana bavanywe mu buzererezi. Ni nyuma yo kuganirizwa ndetse n’ababyeyi b’abo bana bakigishwa....
Bamwe mu banyeshuri biga muri za Kaminuza zigenga barifuza kujya bahabwa inguzanyo “Buruse” ndetse n’ibikoresho nka za mudasobwa kugira ngo bakomeze amasomo nta nkomyi,...
Bamwe mu bafite amashuri yigenga bo mu karere ka Huye baravuga ko nk’abafite imishinga yagizweho ingaruka na COVID-19, bakeneye amakuru ahagije ku mikorere y’Ikigega...
Minisiteri y’Uburezi yasabye abarimu n’abayobozi b’Ibigo by’Amashuri, kuzatangira igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri, barafashe doze ya gatatu y’urukingo rwa COVID-19 (urukingo rushimangira), mu rwego...
Ambasade ya Israel mu Rwanda yahembye abanyeshuri bo mu Ishuri ryisumbuye rya Nyanza (Ecole Secondaire de Nyanza) batsinze neza ibizami bisoza amashuri yisumbuye. Mu...
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, yasabye abanyeshuri barangije amasomo muri Kaminuza y’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi muri Afurika yo hagati, AUCA, kuzabyaza umusaruro ubumenyi bahawe....
Mu karere ka Huye, muri uyu mwaka w’amashuri wa 2021-2022, ku Bigo 50 by’amashuri yisumbuye birimo ibifite amashuri abanza abishamikiyeho n’Amashuri abanza agera ku...
Mu murenge wa Kibumbwe mu karere ka Nyamagabe hubatswe ibyumba bishya by’amashuri 28 n’ubwiherero 60. Ibi byumba ngo byitezweho kugira uruhare mu kuzamura ireme...
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...