Ikoranabuhanga
Gukora robo, kujyana n’ubwenge bw’ubukorano ndetse no gukora imfashanyigisho mu ikoranabuhanga ni bimwe mu bikangura ubwenge bw’abana mu gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga bahanga udushya....
Hi, what are you looking for?
Gukora robo, kujyana n’ubwenge bw’ubukorano ndetse no gukora imfashanyigisho mu ikoranabuhanga ni bimwe mu bikangura ubwenge bw’abana mu gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga bahanga udushya....
Hari ababuraga amahirwe yo kujya kongera ubumenyi mu gihugu cy’u Bufaransa bitewe no kutabona amakuru ahagije ku burezi bwaho, ariko kuri ubu ababishaka bashyizwe...
Mu bigo by’amashuri abanza hirya no hino mu Mujyi wa Kigali ubwo hatangizwaga umwaka w’amashuriwa 2022 -2023, ku itariki 26 Nzeri 2022, babyeyi benshi...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Orpcare Nursery & Primary School ni ishuri rihereye mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Kayonza, umubyeyi wese yakwifuza kurereramo umwana we agakura afite ubumenyi,...
Ababyeyi bo mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa mu Munini mu kagari ka Giheta barishimira amashuri yubatswe muri aka gace batuyemo ubu abana...
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...
Buri mwaka ku itariki ya 05 Ukwakira, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Minisiteri y’Uburezi, yizihije uyu munsi kuri uyu...
Tariki ya 5 Ukwakira buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Mu kwizihiza uyu munsi bamwe mu barimu bigisha...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri n’abahagarariye site ziri kubakwaho ibyumba by’amashuri mu karere ka Gicumbi, baravuga ko batewe impungenge nibura ry’abafundi, kimwe n’ibikoresho bitazira...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, ku bufatanye n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), muri iki gihe imirimo myinshi yahagaritswe kubera kwirinda icyorezo cya...
Iterambere ry’uburezi rirambye rigombye guhera ku mubyeyi utwite, n’uwo bashakanye bakagira imyumvire ituma babaho neza, umwana atwite akabaho neza, kuko umwana wagwingiye cyangwa se...