Amakuru
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Hi, what are you looking for?
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri n’abahagarariye site ziri kubakwaho ibyumba by’amashuri mu karere ka Gicumbi, baravuga ko batewe impungenge nibura ry’abafundi, kimwe n’ibikoresho bitazira...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, ku bufatanye n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), muri iki gihe imirimo myinshi yahagaritswe kubera kwirinda icyorezo cya...
Iterambere ry’uburezi rirambye rigombye guhera ku mubyeyi utwite, n’uwo bashakanye bakagira imyumvire ituma babaho neza, umwana atwite akabaho neza, kuko umwana wagwingiye cyangwa se...
Umuryango udaharanira inyungu usanzwe ukora ibikorwa by’ubugiraneza birimo gufasha abatishoboye ugiye gushinga ikigo cy’ishuri kitezweho kuzamura ireme ry’uburezi. Rever’s Promise watangijwe mu Rwanda mu...
Abanyeshuri n’ababyeyi bo mu karere ka Bugesera mu mirenge yatangijwemo gahunda yo kwigisha hifashishijwe imikino, barahamya ko iyi gahunda izamura ubusabane mu babyenshuri no...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Abakobwa biga muri Kaminuza bagahitamo kugurana ubuzima bwabo amanota biyangiriza ejo habo hazaza n’ah’igihugu kuko iyo ageze hanze kw’isoko ry’umurimo nta musaruro atanga kuko...
Umwe mu banyarwanda Rutembesa Anicet wahawe akazi na Bernavis Scottish University, Kaminuza yo mu gihugu cya Benin, avuga ko mu minsi mike iyi kaminuza...
Ubuyobozi bw’Ikigo BTC ‘Belgine Training Center’ gikorera mu Mujyi wa Kigali, gihugura urubyiruko mu buryo butandukanye, butangaza ko kigiye gutangiza ikiciro cya Gatanu. Mu...
Ikibazo k’intebe kimwe n’ubucucike mu mashuri ni bimwe mu bihangayikishije igihugu. By’umwihariko mu karere ka Karongi gisaba indi nkunga kuko ingengo y’imari y’akarere yonyine...
Minisiteri y’uburezi yanzuye guhagarika gukomeza gutanga amasomo mu mashami y’ubuvuzi na Laboratwari muri Kaminuza ya Gitwe kuko ngo atujuje ibisabwa akazafungurwa ari uko abyujuje....
Kaminuza yigisha Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi (UTB) yabonye Igihembo cyo kuba Kaminuza ya mbere muri Afurika y’Iburasirazuba, iyo hagati ndetse n’iy’Amajyepfo ibonye yashyize gahunda ya ...