Uburezi
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Werurwe 2025, Ikigo Ubudasa Training Center, cyatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 136 barangije amasomo yabo y’igihe gito ibizwi...
Hi, what are you looking for?
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Werurwe 2025, Ikigo Ubudasa Training Center, cyatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 136 barangije amasomo yabo y’igihe gito ibizwi...
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije ku Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) yatangaje gahunda y’ingendo z’abanyeshuri bitegura gusubira mu miryango yabo mu kiruhuko k’igihembwe cya...
Munezero Jeanne d’Arc Abarerera mu ikigo cya GS Nyagatare giherereye mu Murenge wa Nyagatare, bashima ko cyahisemo guca burundu kwiga mu burezi bw’ibanze bw’imyaka...
Minisiteri y’uburezi -MINEDUC, itangaza ko abanyeshuri 11 ba mbere batsinze neza ibizamini bya Leta bisoza amashuri n’abandi 5 ba mbere batsinze neza ibizamini bya...
Munezero Jeanne d’Arc Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), ku wa 19 Kanama 2025, cyatangaje ko uturere twa Kirehe, Kicukiro na Ngoma aritwo...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko umwaka w’amashuri 2025/2026 uzatangira tariki ya 08 Nzeri 2025. Ni ukuvuga ko iri tangazo rishyizwe ahagaragara mu gihe hasigaye igihe...
Panorama Kudakoresha neza ururimi rw’ibanze mu kwigisha mu burezi bw’u Rwanda, Icyongereza, bishobora gutuma mu murezi hazamo impinduka zishobora no gusezerera bamwe mu barezi...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n’ahandi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasohoye urutonde rw’ibigo by’a,ashuri y’incuke ndetse n’abanza 61 byo mu turere 11 byafunzwe guhera mu gihembwe cya...
Munezero Jeanne d’Arc Kaminuza yingenga ya UNILAK (University of Lay Adventists of Kigali), ishuri ry’amategeko, yegukanye intsinzi mu marushanwa yateguwe na Komite Mpuzamahanga y’Umuryango...
Rukundo Eroge Abanyeshuri 266 basoje kwiga muri Kaminuza Gaturika y’u Rwanda (CUR) basabwe kuba inkingi y’iterambere ry’Igihugu mu byo berekejemo byose bahereye ku babegereye,...
Rukundo Eroge Kaminuza ya Kibogora Polytechnic ikomeje gushimirwa umusanzu wayo mu kubaka urwego rw’ubuzima no guhindura imibereho y’abaturage binyuze mu burezi. Ku wa 15...
Abanyeshuri bo mu Ishuri ryigenga “Ahazaza Independent School” bagaragaje umusaruro mwiza mu kizamini mpuzamahanga cya Cambridge. Byari ku nshuro ya mbere bamwe mu banyeshuri...
Minisiteri y’uburezi ifatanyije n’umushinga wa CADIE batashye ku mugararagaro ibyumba umunani by’ikoranabuhanga (Smart Classrooms) mu kigo ku Kigo cy’Ishuri cya GS Dihiro cyo mu...
Ku wa mbere, tariki ya 27 Gicurasi 2024, muri Lycée De Kigali, mu karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, Umunyamabanga wa Leta muri...