Amakuru
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Hi, what are you looking for?
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Nyuma y’imyaka 36 uru ruganda rumaze mu Rwanda rukora sima, kuri ubu 49 ku ijana by’imigabane y’uruganda rwa sima mu Rwanda yamaze kujya ku isoko...
Mu rwego rwo guhangana no gukumira ingeso yo “Kotsa imyaka”, -kugirisha imyaka ikiri mu murima, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yashyizeho Amabwiriza N° 29 yo ku...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...
Mu mpera z’ukwezi kwa Mata 2020, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), cyari kimaze kwishyura abacuruzi batandukanye mu Rwanda amafaranga angana na Miliyari Cumi n’eshatu (13,000,000,000Frw)...
Abanyenganda bafite izikora bimwe mu byangombwa nkenerwa muri iki gihe Isi ihanganye n’icyorezo cya koronavirusi barishimira ko bakomeje koroherezwa mu bucuruzi bwabo harimo no...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yaciye amande abacuruzi 44 bo hirya no hino mu mu Mujyi wa Kigali bkubera ko bazamuye ibiciro ku bicuruzwa, bitwaje icyorezo...
Kuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa Werurwe n’ukwa Mata zimaze gusubikwa. Ni inama zari kuzinjiriza igihugu...
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu masoko atandukanye mu karere ka Rubavu bakomeje kugaragaza ko impamvu amasoko atandukanye yagiye yubakwa n’Akarere atitabirwa biterwa n’uko inyigo...
Abaturage batuye mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu baratangaza ko biteze impinduka zikomeye mu bukungu zizashingira ku cyumba cya Rubavu cyatangiye kubakwa...
Mu Rwanda kwitabira ubwishingizi bw’ibikorwa by’ubucuruzi biracyari hasi cyane ku buryo bitagera no kuri 3 ku ijana. Banki Nkuru y’u Rwanda isanga ibi ari...
Inzego zita ku bidukikije mu Rwanda, ziravuga ko zigiye gutangira guhana abacuruza ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe, yaba amacupa, imiheha n’ibipfunyikwamo. Abacuruzi...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama 2020, Rwandair yasohoye itangazo rimenyesha abakiriya bayo ko ibaye ihagaritse by’agateganyo ingendo zigana...
Ku kiyaga cya Kivu nta byambu biteye imbere bihagaragara mu gihe gikoreshwa mu bwikorezi haba gutwara ibintu n’abantu. Ibi bikagira ingaruka ku bakora ingendo...