Amakuru
Bamwe mu babyeyi bahagarariye abandi baturuse mu mirenge 17 igize Akarere ka Rulindo bafite abakobwa b’abangavu babyariye iwabo, bahuguwe ku bijyanye n’itegeko ryo gukuramo...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu babyeyi bahagarariye abandi baturuse mu mirenge 17 igize Akarere ka Rulindo bafite abakobwa b’abangavu babyariye iwabo, bahuguwe ku bijyanye n’itegeko ryo gukuramo...
Imiryango isaga 300 itishoboye yiganjemo abakora uburaya, abakundana bahije ibitsina, abangavu babyariye iwabo ndetse n’ababyeyi bafite abana bari munsi y’imyaka itanu, yaremewe inkunga y’ibiribwa...
Ni igikorwa cyateguwe ku bufatanye bw’imiryango itari iya Leta iharanira ubuzima bwiza n’ubutabera yahuje imbaraga ibitewemo inkunga n’Umuryango w’Ubumwe bw’Iburayi (EU) kuva ku wa...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko butazihanganira abantu barenga ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye wita ku buzima (OMS) ryagaragaje ko kuwa gatatu gusa abantu ibihumbi 106 banduye, naho abandi hafi ibihumbi bitanu barapfa. Ni ubwa...
Muri ibi bihe Abanyarwanda bitanga uko bashoboye ngo bafashe bagenzi babo bagowe no kubona ibiribwa, Abakiristo ba ADEPR Gasabo, bifashishije ikoranabuhanga bitanze ituro ry’amafaranga...
Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko mu bantu binjiye mu Rwanda hagati y’itariki ya 17 na 20 Werurwe 2020, bahise basuzumirwa ki kibuga cy’indege cya Kigali...
Kuryama wambaye ubusa, bifitiye umubiri akamaro gatandukanye ndetse byongera imikorere myiza y’ingingo ku buryo butangaje. Kuryama amasaha ahagije bigufasha kwirinda ibibazo biterwa no kutaryama...
Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo gusuzuma abanyarwanda bose umwijima wo mu bwoko bwa C (Hepatite C), ndetse n’usanzwemo iyi ndwara akavurwa ku buntu....
Mu karere ka musanze, abarwanduye Virusi itera SIDA (HIV), bisuzumishije kandi bagafata imiti, kuva uyu mwaka watangira wiyongereyeho abantu bagera kuri 400 bavuye ku...
Nibura uruhinja rwagombye konka nyuma y’isaha rukimara kuvuka. Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF) igaragaza ko abana miliyoni 78 bahura n’ibibazo...
Inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubuzima mu karere ka Kirehe zitangaza ko kwegera no kuganiriza abakora uburaya ku byerekeranye no kwirinda SIDA bakoresha agakingirizo,...
Hashize igihe gito abaganga b’inzobere mu kubaga no kuvura kanseri zo mu mutwe basuye u Rwanda ngo basuzume indwara zimwe zananiranye, bityo bagire inama...
Nadine Evelyne Umubyeyi Gahunda yo gukingira kanseri y’inkondo y’umura ntirumvikana neza muri bamwe mu baturage b’Akarere ka Kayonza. Ababyeyi bahamagarirwa kuyipimisha na ho abangavu...
Hakizimana Elias Impuguke mu by’ubuvuzi Prof. Jacques Marescaux agiye gutangiza umushinga w’ishuri rizigisha abaganga kuba inzobere mu kubaga indwara badasatuye, hifashishijwe ikoranabuhanga rya mudasobwa....