Imikino
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasabye abakinnyi b’ikipe y’Igihugu kuzatsinda mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali hagati ya tariki 21-31 Mutarama 2026....
Hi, what are you looking for?
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yasabye abakinnyi b’ikipe y’Igihugu kuzatsinda mu irushanwa ry’Igikombe cya Afurika kizabera i Kigali hagati ya tariki 21-31 Mutarama 2026....
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yakiriye impapuro yashyikirijwe na Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda mu Burusiya. Mu kwezi k’Ukuboza 2024,...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye i Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga uzwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza bifasha abantu mu...
FERWAFA yanzuye guhagarika Adel Amrouche wari umutoza w’Amavubi nyuma y’uko atubahirije ibikubiye mu masezerano, nk’uko biri mu itangazo yasohoye. Mu gitondo kuri uyu wa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) cyamenyesheje abahinzi b’ikawa, inganda zitunganya ikawa n’abandi bafatanyabikorwa bose mu buhinzi bw’ikawa...
Abantu umunani nibo baguye mu mirwano yabaye ku Cyumweru tariki ya 11 Mutarama, 2026 hagati y’inyeshyamba za Bakata Katanga n’ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi...
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Jimmy Gasore, asobanura impamvu abatwara ibinyabiziga ntibemere guhagarara igihe babisabwe na polisi bazahanwa bikomeye mu itegeko rishya ry’umuhanda. Mu kiganiro yagiranye...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko imibare yakusanyije mu mwaka wa 2025 ku byerekeye indwara zose Abanyarwanda barwaye muri uwo mwaka, yasanze miliyoni 1.2 byabo bararwaye...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrique kuhagarura amahoro (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe kubera umurava, ubunyamwuga n’umusanzu mu...
Munezero Jeanne d’Arc Guverinoma y’u Rwanda yongereye imyaka itatu umushinga PRISM ndetse inongeramo miliyoni 25$ kugira ngo ukomeze guteza imbere Abanyarwanda binyuze mu buhinzi...
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere rwabaye rugabanyije ibiciro byo gusura ingagi kuzageza muri Kamena, 2026. Bikubiye mu itangazo RDB yashyize kuri X ku mugoroba wo kuri...
Ubwo yageraga mu rukiko rwo muri Manhattan muri Amerika, uwahoze ayobora Venezuela Nicolas Maduro yateye utwatsi ibyo Amerika imurega by’uko akorana bya hafi n’abacuruza...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 05, Mutarama, 2026, amakuru aremeza ko ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zarashe ku birindo...
Abagore bo mu Rwanda ubu bashobora kwisuzuma kanseri y’inkondo y’umura bari mu ngo zabo, binyuze muri gahunda nshya igamije kongera umubare w’abagerwaho n’iyo serivisi...
Mu Rwanda, abatunze inzu zabo baragabanuka nyamara mu myaka myinshi ishize, gutunga inzu byari kimwe mu bimenyetso bigaragara by’umutekano n’ituze ry’igihe kirekire ku miryango....