Inkuru nyamukuru
Abahagarariye abahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative y’abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Ntende mu karere ka Gatsibo (COPRORIZ Ntende) bari kumwe n’umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo...
Hi, what are you looking for?
Abahagarariye abahinzi b’umuceri bibumbiye muri Koperative y’abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Ntende mu karere ka Gatsibo (COPRORIZ Ntende) bari kumwe n’umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo...
Mu kiganiro cyahuje abanyamakuru n’Urwego rw’Umuvunyi mu bufatanye n’Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC) ku wa 28 Werurwe 2019, hasabwe ubufatanye bw’izi nzego n’abayobozi mu kumenya...
Abahinzi bo mu turere twa Ngoma, Bugesera na Kayonza, babifashijwemo n’umushinga Hinga Weze, bagiye kwinjizwa muri gahunda yo kuhira imyaka mu gihe k’izuba, bifashishije...
Kuba abaturage basobanukiwe neza gahunda za Leta zijyanye n’imibereho myiza, kandi bakazisobanura neza igihe bazibajijwe, cyane cyane izijyanye n’isuku, ntibibabuza kutashyira mu bikorwa. Ikayi...
Ku va 20 Werurwe 2019, mu Rwanda hateraniye inama ibanziriza umunsi mpuzamahanga wo kwita ku mazi meza, aho hishimirwa intambwe imaze guterwa mu kugeza...
Ikibazo k’intebe kimwe n’ubucucike mu mashuri ni bimwe mu bihangayikishije igihugu. By’umwihariko mu karere ka Karongi gisaba indi nkunga kuko ingengo y’imari y’akarere yonyine...
Ku wa 12 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Mugesera, Koperative y’abahinzi b’ibigori n’inanasi baterwa inkunga na Hingaweze, ku munsi wo kumurika...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2019, Depite Kanyamashuri Kabeya Janvier wari umwe mu badepite bageze mu nteko ishinga amategeko batanzwe n’Umuryango...
Kuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16...
Mu kwizihiza Umunsi mpuzamahanga w’abagore, Jeannette Kagame, Umufasha wa Perezida wa Repubulika, yasabye abanyarwanda guha abana b’abahungu n’abakobwa amahirwe angana mu rwego rwo kubaka...
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi...
Umwiherero urabera mu Ishuri rya Gisirikare rya Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, guhera tariki ya 8 kugeza ku ya 12 Werurwe 2019. Uyu mwaka,...
Abatuye i Ngarama mu karere ka Gatsibo, bishimiye itangizwa ry’imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyagatare –Rukomo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa kane...
Umuryango Transparancy Internation Rwanda (TIR) usaba abaca imanza z’abakekwaho kunyereza umutungo wa Leta, kugira ubushishozi ku bihano bihabwa abahamwe n’icyo cyaha kuko iyo babahaye...
Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki ya 26 Gashyantare 2019, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore n’umugabo bakekwaho gucuruza urumogi bakanarukwirakwiza mu bantu...