Amakuru
Abantu barenga ibihumbi bitanu harimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Leta ya Centrafrika, abakozi b’umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu ndetse n’abaturage b’umurwa...
Hi, what are you looking for?
Abantu barenga ibihumbi bitanu harimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru muri Leta ya Centrafrika, abakozi b’umuryango w’Abibumbye muri iki gihugu ndetse n’abaturage b’umurwa...
Abapolisi b’u Rwanda ijana na mirongo ine bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Haïti buzwi nka United Nations Mission for Justice...
Kimwe mu byifuzo byatanzwe mu nama yateraniye Kigali mu cyumweru gishize yahuje abaganga n’inzobere mu miti, bifuje ko hari amavuta akwiye gukurwa ku isoko...
Abaturage ubwabo iyo ibibazo bibugarije babigize ibyabo nta kabuza bagira uruhare rugaragara mu kubishakira ibisubizo. Ibi byagaragaye mu muganda ngarukakwezi mu karere ka Gakenke,...
Ku itariki ya 30 Kamena 2018, abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro (MINUSCA) mu gihugu cya Centrafrica bavuye ku buntu abaturage batuye mu...
Iyo umuntu yumvise ko Perezida Kagame yagiye mu Bufaransa yumva bidasanzwe. Iyo Perezida Macron w’ubufaransa yamamaje Louise Mushikiwabo ngo ayobore Francophonie Umuryango w’ibihugu bivuga...
Abakoresha umuhanda Mutenderi – Gahara baravuga ko bahombejwe bikomeye n’iteme rya Rwagitugusa. Iki kiraro bivugwa ko cyazibye ndetse no kuba ari kigufi bikaba byaratumye...
Mu nama mpuzabikorwa yateguwe na Ministeri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango n’umujyi wa Kigali, mu rwego rw’ubukangurambaga ku mibereho myiza mu muryango, ku wa 22 Kamena...
Nyuma yo kuganira n’inzego z’ubuyobozi mu karere ka Kayonza, abaturage b’umurenge wa Gahini biyemeje gukomeza kugira uruhare mu kwicungira umutekano. Baniyemeje gukomeza kugira uruhare...
Ku nshuro ya mbere, Polisi y’u Rwanda yohereje itsinda rigizwe n’abapolisikazi 144 (FPU) mu butumwa bwo kubungabunga amahoro. Nyuma y’umwaka bakazasimburwa n’abandi. Ku wa...
Urubyiruko rurenga ibihumbi 20; harimo ururi mu mashuri n’urundi rukora ibikorwa bitandukanye, rwiyemeje kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’igihugu ndetse rukaba no ku...
Ingeri Arts nk’umuryango uharanira guteza imbere ubugeni n’ubuhanzi cyanecyane mu bana n’urubyiruko, iri gutegura iserukiramuco ryiswe “DISPLAY ARTS FESTIVAL” rigiye kuba ku nshuro ya kabiri...
Umuhanzi Loti Bizimana ni mwene Samsoni Karera na Mukandebe Aloysie bo mu Nyantango, ubu ni mu murenge wa Murambi mu karere ka Karongi. Abanyamadini...
Inzego zitandukanye zifite aho zihuriye n’ubuzima mu karere ka Kirehe zitangaza ko kwegera no kuganiriza abakora uburaya ku byerekeranye no kwirinda SIDA bakoresha agakingirizo,...
Hashize igihe gito abaganga b’inzobere mu kubaga no kuvura kanseri zo mu mutwe basuye u Rwanda ngo basuzume indwara zimwe zananiranye, bityo bagire inama...