Amakuru
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Hi, what are you looking for?
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Mu murenge wa Bugarama, wo mu karere ka Rusizi y’Amajyepfo, uhana imbibe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa 19 Ugushyingo 2019, habereye...
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Inkuru ya Niringiyimana ukomoka mu Mudugudu wa Gisovu, Akagari ka Nkoto, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karongi, yatangajwe bwa mbere mu itangazamakuru ikwizwa...
Urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) rugizwe n’abacamanza batatu, bungirijwe n’umwanditsi ndetse n’inyangamugayo 12 zizewe ku rwego rw’amategeko. Ni urukiko rufite imikorere imwe mu Bubiligi...
Ku wa 13 Ugushyingo 2019, i Kigali, hatangajwe ku mugaragaro ko Ikigo cy’ubwishingizi, SORAS, kitakiriho ahubwo cyahindutse SANLAM Rwanda, Ikigo mpuzamahanga gisanzwe ari inzobere...
Abaturage bo mu mirenge ya Sake na Zaza, Akarere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba basabye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka Anastase ko mu igenamigambi...
Ikimpoteri ni ahantu harundwa imyanda ituruka mu ngo, amahoteri n’amaresitora, amaduka, inganda, amavuriro n’ahandi… Ikimpoteri gushyirwa ahantu hitaruye cyane abaturage. Ubusanzwe ikimpoteri gitunganye cyangombye...
Urubanza rwa Fabien Neretse rwakomeje I Buruseli mu Bubiligi, aho Neretse we ubwe yahawe ijambo ahakana ibyo ashinjwa byose, avuga ko ahubwo yarwanyije ihohoterwa...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Mukeshimana Geraldine, ku munsi wo kwizihiza ku nshuro ya 44 isabukuru yo gutera amashyamba ku wa 9 Ugushyingo 2019, yifatanyije...
Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda, NIRDA, cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo kugura...
Mu gihe hari bamwe mu babyeyi bahana abana babo mu buryo bubabaza bibwira ko bari gukosora ikosa, bikagira ingaruka ku mwana zirimo izo gukomereka...
Abo amateka agaragaza ko basigajwe inyuma batuye mu murenge wa Kinigi n’uwa Nyange yo mu karere ka Musanze, bavuga ko bahawe ubutaka kugira ngo...