Amakuru
Kubera ubufatanye buzira amakemwa hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Buyapani nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imishinga ibiri yashoboye gufasha kongerera ubushobozi...
Hi, what are you looking for?
Kubera ubufatanye buzira amakemwa hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’iy’u Buyapani nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imishinga ibiri yashoboye gufasha kongerera ubushobozi...
Ikibazo k’ibikorwaremezo birimo imihanda ifasha abaturage idatunganye ndetse n’abatunganya ifu y’imyumbati itujuje ubuziranenge ni bimwe mu mbogamizi zituma uruganda rutunganya ifu y’imyumbati rutagera ku...
Nyuma y’uko abadepite bakoze ingendo hirya no hino mu gihugu baganira n’abaturage ku bibazo bibugarije, bigakorwa mu rwego rwo kugenzura imikorere ya Guverinoma, ubu...
Umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, umaze kurenga imipaka kandi umusaruro wabyo urakunzwe ku isoko mpuzamahanga. Abahinzi-borozi bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga bizarushaho kubagurira...
Gufata amazi yo ku nyubako, gukoma bimwe mu bishanga, kurwanya isuri no kongera gutunganya amazi yakoreshejwe ni ibikorwa byashyizwemo ingufu mu kubungabunga amazi. Ibi...
Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda ni Perezida wa Repubulika nk’uko biteganywa mu ngingo ya 108 y’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda. Umugaba Mukuru w’ingabo...
Hagendewe ku itegeko No 75/2018 ryo ku wa 07/09/2018 rigena inkomoko y’imari n’umutungo by’inzego y’Igihugu z’imitegekere zegerejwe abaturage, inyubako n’ubutaka by’amadini n’amatorero bitegetswe kwishyura...
Mu kiganiro n’Itangazamakuru cyo ku wa 12 Gashyantare 2019; Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyageze ku ntego cyihaye mu gukusanya imisoro n’amahoro...
Ku wa mbere tariki ya 11 Gashyantare 2019, mu gutaha ikigo abagenzi bategeramo imodoka cya Rwamagana, byatangajwe ko ibikorwa byayo bizarangira itwaye amafaranga y’u...
Paruwasi ya Kiyovu, imwe mu maparuwasi makuru y’Itorero ry’Abaperesibiteriyani mu Rwanda (EPR), iravugwamo imiyoborere igonganisha abakirisito ndetse n’imicungire mibi ishingiye ku kunyereza ibya Paruwasi....
Ku gicamunsi cyo ku wa 05 Gashyantare 2019, ubwo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Mufulukye Fred, ari kumwe n’abandi bayobozi ku rwego rw’intara basuraga abaturage bo...
Kuva ku wa kabiri tariki 05 Gashyantare, i Kigali hateraniye, ku nshuro ya 24, inama ya Interpol ishami rya Afurika, aho irebera hamwe uko...
Hinga Weze feed the future project commits to reduce some farmers’ challenges including lack of information on weather forecast, lack of access to quality...
Mu myaka itatu ishize, umushinga ugamije kunoza no kwimakaza imiyoborere myiza mu nzego z’ibanze (DALGOR), ukorera mu turere dutanu tw’u Rwanda, ugaragaza ko abaturage...
Mu birori byo kwizihiza umunsi w’Intwari byabaye kuri uyu wa 01 Gashyantare 2019, abayobozi b’intara y’Iburasirazuba, bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Mukama mu karere ka...