Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza igaragaza ko ibyaha bibangamiye umuryango nyarwanda bikomeje kuba ikibazo gikomeye, nyuma y’uko imanza zabyo zakiriwe mu nkiko ziyongereye mu mwaka w’ubucamanza...
Urukiko rukuru rwanzuye ko umuryango wa Rwigara Assinapol watsinze Umujyi wa Kigali mu rubanza rumaze imyaka igera ku icumi ruburanwa, bityo rutegeka ko Umujyi...