Amakuru
Mu rubanza rwa Fabien Neretse ruri kubera i Bruxelles mu Bubiligi, hakomeje kumvwa abatangabuhamya, aho muri iki cyumweru hategereje kumvwa abagera kuri 60 bashinja...
Hi, what are you looking for?
Mu rubanza rwa Fabien Neretse ruri kubera i Bruxelles mu Bubiligi, hakomeje kumvwa abatangabuhamya, aho muri iki cyumweru hategereje kumvwa abagera kuri 60 bashinja...
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) rugizwe n’abacamanza batatu, bungirijwe n’umwanditsi ndetse n’inyangamugayo 12 zizewe ku rwego rw’amategeko. Ni urukiko rufite imikorere imwe mu Bubiligi...
Ku munsi wa kane w’urubanza rwa Neretse, tariki ya 13 Ugushyingo 2019 humviswe abatangabuhamya ku mateka y’u Rwanda barimo umunyarwanda Joseph Matata ndetse n’umubiligi...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, urubanza rwa Neretse rwakomeje yisobanura ndetse anasubiza ibibazo bitatu byari byasigaye atabibajijwe. Abamwunganira batanze inzitizi zatumye...
Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 19/11/2019, saa cyenda z’igicamunsi (15h00) ; azagurisha...
Mu rwego rwo kurangiza imanza Simpunga Jean Damascene na Uwambaje Chantal batsinzemo Mukamunana Xaverine, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kane...
Urubanza rwa Fabien Neretse rwakomeje I Buruseli mu Bubiligi, aho Neretse we ubwe yahawe ijambo ahakana ibyo ashinjwa byose, avuga ko ahubwo yarwanyije ihohoterwa...
Mu rubanza ruregwamo Neretse Fabien rwatangiye ku wa kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019 mu Bubiligi; ubushinjacyaha bwagaragaje mu masaha abiri n’igice ibirego uyu...
Uwitwa, UWAMAHORO Jacqueline mwene Gasasira Vincent na Bayisenge Judith, utuye mu mudugudu w’Akimpara, Akagari k’Urugarama, Umurenge wa Gahini, Akarere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba;...
Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 01/11/2019, saa cyanda z’igicamunsi (15h00), azagurisha...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0705/I5/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 10/09/2015; Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 08/10/2019...
Mu rwego rwo kurangiza urubanza urubanza RCOM 02298/2018/TC rwaciwe rwaciwe n’Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/03/2019, UNESCOM MULTPURPUSE Ltd yatsinzemo Mpatswenumugabo JMV, urubanza...