Hi, what are you looking for?
Jackson Kwizera Ku wa Kane, tariki ya 19 Gashyantare 2026, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye intumwa zitandukanye zo mu nzego...
Mu Murenge wa Shyogwe, umwe mu Mirenge 14 igize Akarere ka Muhanga, hari abaturage basaba ubuyobozi kubaha amazi meza kuko hari n’aca mu matiyo...
Colonel Charles Sumanyi yarahiriye kuzuzuza inshingano ze nk’Umushinjacyaha mukuru wa gisirikare, indahiro yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva. Nsengiyumva yasabye Sumanyi kuzakoresha neza...
Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uburezi...
UMUBYEYI Nadine Evelyne Mu rubanza rwa Muhayimana Claude rukomeje mu rugereko rw’ubujurire, mu rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises de Paris) mu Bufaransa, umutangabuhamya yongeye...
Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), yamuritse imashini nshya zirindwi zipima amaraso (blood culture machines) zizakoreshwa muri za laboratwari zo mu bitaro...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye imyanzuro 12 yafashwe nyuma y’ibiganiro byahuje abitabiriye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 20. Nk’uko bitaganywa n’Itegeko Nshinga, iyo...
Igihugu cya Zambia cyafashe abarenga 80 bakomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bakekwaho kuba k’ubutaka bwayo badafite ibyangombwa byemewe n’amategeko. Ibi byabaye mu...
Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umukino wahuje Amakipe abiri y’abakinnyi beza muri Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (the 2026 NBA...
Muri iki cyumweru, Komite ishinzwe Politiki y’Ifaranga (MPC) iraterana kugira ngo isuzume imiterere y’ubukungu bw’imbere mu gihugu n’ubw’isi muri rusange. Izanafata umwanzuro ku gipimo...
Rene Anthere Rwanyange Ubucuruzi hagati y’u Bushinwa na Afurika umwaka ushize bwageze ku mari yo hejuru butigeze bugeraho mbere, gusa buracyohereza muri Afurika hafi...
Pariki y’Igihigu y’Akagera yatangaje ko mu mwaka wa 2025 yinjirije u Rwanda, asaga miliyari 7,2 z’amafaranga y’u Rwanda (Miliyoni $5,06 ) avuye mu bikorwa...