Amakuru
Bamwe mu bagabo bakoraga imirimo yo gucukura imva no gushyingura abapfuye mu irimbi rya Rugarama Cemetery, riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bagabo bakoraga imirimo yo gucukura imva no gushyingura abapfuye mu irimbi rya Rugarama Cemetery, riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka...
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yageze mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, ahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru...
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Hashize iminsi mike mu Burasirazuba bwo Hagati hadutse umwuka mubi w’intambara ihuza Iran na America itanyije na Israel, aho ibitero bikomeye by’intwaro zirimo misile...
Mu mwaka wa 2025, ubukorikori bwinjirije impunzi zicumbikiwe mu Rwanda amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyoni Frw 50. Yabonetse binyuze mu kuboha imitako...
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Rtd Gen Maj Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda gufata ingamba zo kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi y’Itumba imaze iminsi...
Jeanne d’Arc Munezero Umuryango Nyafurisha Utsura Ubuziranenge (ARSO) utangaza ko ukomeje gushaka uburyo bwo gushyiraho ibwiriza rimwe ry’ubuziranenge rihuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika,...
Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save ku munsi w’umuhinzi, abahinzi bagaragarijwe imbuto z’ibigori z’indobanure zirimo WH 507 na WH 301, ndetse banashishikarizwa...
Jeanne d’Arc Munezero Abayobozi bo mu ntara y’Iburasirazuba, bibukijwe kwita ku nshingano zabo, harimo no guhuza imbaraga n’abaturage, ariko by’umwihariko, ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi...
Minisitiri w’intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatumijwe n’Abasenateri ngo azaze abasobanurire ingamba za Guverinoma mu gukemura ibibazo basanze biri mu bworozi aho baherutse gusura hirya...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Gatsibo abaturage barasaba ko bakwegerezwa amazi meza hafi yabo, bagatandukana n’amazi y’ibishanga n’ibinamba bakoresha umunsi kuwundi ibituma barwara indwara...
Jeanne d’Arc Munezero Polisi y’u Rwanda yatangaje ko uturere twa Bugesera na Rwamagana ari two twibasiwe n’iki kibazo cy’abicwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge kuko abagera...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano byafatiwe bamwe mu bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bibogamye kandi bitagaragaza ukuri ku...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ibihano bishya bireba Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru bane, zibashinja kugira uruhare mu gushyigikira no gufasha umutwe...
Jeanne d’Arc Munezero Bamwe mu banditsi b’ibitabo akaba ari n’ababyeyi barakangurira ababyeyi bagenzi babo gutoza abana umuco wo gusoma ibitabo, kuko ari kimwe mu...