Amakuru
Panorama Editorial President Kagame has arrived in Riyadh, for three day official visit, where he is joining global leaders, leading investors and innovators, CEOs...
Hi, what are you looking for?
Panorama Editorial President Kagame has arrived in Riyadh, for three day official visit, where he is joining global leaders, leading investors and innovators, CEOs...
Perezida Paul Kagame ari i Riyad muri Arabia Saoudite akazahatangira ikiganiro ku byakorwa ngo iterambere rifarika rigerweho kandi ritekanye. Ytabiriye inama yitwa The Future...
Ubuyobozi bwa Gatsibo butangaza ko bibabaje kuba aborozi bashinganisha amatungo yabo bakiri mbarwa kandi bazi neza ko indwara zijya ziyibasira. Muri ko, hari ubukangurambaga...
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Major General (Rtd) Albert Murasira avuga ko hakenewe amafaranga ahagije mu kubaka ubushobozi bwo gukumira no guhangana n’ibiza n’ingaruka zabyo....
Nirere Madeleine uyobora urwego rw’Umuvunyi yatangaje ko ruherutse kugeza kuri RIB dosiye z’abantu 37 rukekaho ruswa. Ni dosiye zakozwe mu mwaka wa 2024/2025 nk’uko...
Paul Kagame yashyizeho Abasenateri barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Uwamariya Valentine na Gasana Alfred. Alfred Gasana yari Ambasaderi w’u Rwanda mu...
Polisi y’u Rwanda, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha n’Umujyi wa Kigali beretse itangazamakuru abantu bafatiwe mu byaha birimo magendu no gucuruza ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge. Yaba Umuvugizi...
Abagabo batatu bafunzwe na Polisi ibakurikiranyeho kwiba inka, umwe ikaba yamusanganye igihanga cyayo. Umuvugizi w’uru rwego mu Ntara y’Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi avuga ko...
Urugaga rw’Abikorera mu Mujyi wa Kigali rwatangaje ko rwabaruye rusanga abacuruzi bose bo mu Mujyi wa Kigali ari 57.325. Muri bo, ibihumbi 23 ni ...
Mu karere ka Kayonza, abantu batandatu bishwe n’imvura idasanzwe yaguye ku gicamunsi cyo ku wa kane tariki ya 16 Ukwakira 2025. Iyi mvura yaguye...
Abapolisi barindwi barangirije amahugurwa mu Misiri kuri uyu wa Gatatu tariki 15, Ukwakira, 2025 bahawe imidari. Byari ibyiciro bine by’amahugurwa yaberaga mu Ishuri rikuru...
Abantu babiri barimo umwe w’imyaka 23 n’undi w’imyaka 19 bafatiwe mu Mudugudu wa Cyugamo, Akagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo muri Gasabo bafite ibilo...
Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki yo ku wa 14 Ukwakira 2025 yatoye Dr. Frank Habineza na Nkubana Alphonse kuba abasenateri. Hon...
I Nyarutarama hateranye inama yahuje inararibonye zigira Perezida Kagame inama zigize ihuriro bita Presidential Advisory Council (PAC). Nawe ubwe yari yayitabiriye aranayiyobora. Baganiriye ibyakorwa...
Kuva tariki 12, Ukwakira, 2025 Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A. Cham, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Yakiriwe na mugenzi...