Amakuru
Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Uburezi , High Education Council, Dr Dr. Edward Kadozi asaba abarangiza amashuri makuru na za Kaminuza kujya bakora uko bashoboye...
Hi, what are you looking for?
Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Uburezi , High Education Council, Dr Dr. Edward Kadozi asaba abarangiza amashuri makuru na za Kaminuza kujya bakora uko bashoboye...
Ubuyobozi bwa Bugesera bwamennye litiro 76,000 z’inzoga zirimo iyitwa Isano, Agasembuye n’Indege zitujuje ubuziranenge, zose zikaba zarafatiwe mu Mirenge ya Nyarugenge na Nyamata. Mbere...
Ahitwa mu Nzove mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge hatashywe Irerero rizahugura abana uko umupira w’amaguru ukinwa. a Baryise ‘Runneup Sports Academy’,...
Rene Anthere Rwanyange Ibibazo birimo Ingengo y’imari yo kurwanya imirire mibi n’igwingira ku rwego rw’uturere yibanda mu ikurikiranabikorwa ry’iyi gahunda kurusha ishyirwa mu bikorwa...
Perezida Paul Kagame wafunguye inama Transform Africa Summit iri kubera i Conakry muri Guinea yavuze ko ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano rikwiye gukora mu nyungu z’abatuye...
Ubwanditsi Muri Shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare, yabereye i Kigali muri Nzeri 2025, benshi babonye urubyiruko rwambaye amajile y’umuhondo asa n’ayambarwa n’abapolisi...
Umuntu ku giti cye aragurisha ikibanza cyo guturamo kibaruye kuri UPI: 5/07/10/03/4768, gifite ubuso bungana na Metero Kare 532, mu mudugudu wa Gisunzu, Akagari...
Umuntu ku giti cye aragurisha ikibanza cyo guturamo kibaruye kuri UPI: 1/02/10/04/4758, gifite ubuso bungana na Metero Kare 399. Kiri mu mudugudu wa Binunga, Akagari...
Umuntu ku giti cye aragurisha ikibanza cyo guturamo kibaruye kuri UPI: 1/02/10/04/4756, gifite ubuso bungana na Metero Kare 519. Kiri mu mudugudu wa Binunga,...
Umuntu ku giti cye kandi ku bushake aragurisha inzu yo guturamo yubatse mu kubanza kibaruye kuri UPI: 1/02/10/03/12054 iri mu mudugudu wa Giheka, Akagari ka...
Editorial Team As Rwanda enters the final quarter of 2025, the country continues to shoulder a significant share of the region’s humanitarian burden. With...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria ikorera i Kigali mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu kibonye...
Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice yabwiye ingimbi zitarengeje imyaka 17 zigiye gukina irushanwa rya CECAFA rizabera muri Éthiopie ko zikwiye kuzatahana intsinzi. Iri...
Ubuyobozi bwa Philippines bwahungishije abaturage 900,000 ngo batagirwaho ingaruka n’inkubi bise Fung Wong iri gusatira iki gihugu kigizwe ahanini n’ibirwa. Bitaganyijwe ko iyo mvura...
Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abatuye Afurika ko nibadakora ngo bave mu bukene, ntawe uzabibakorera. Yibaza impamvu kuva ubukoloni bwahagarikwa mu myaka irenga 60...