Afurika
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...
Hi, what are you looking for?
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...
By Jackson Kwizera Hannah Spencer’s victory speech on becoming the Greens’ fifth lawmaker on Friday barely touched on the environmental issues that have defined...
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yiciwe mu bitero by’indege byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bufatanye na Israel, nk’uko byemejwe...
Mu gitondo cyo ku wa 28 Gashyantare 2026, abaturage bo mu murwa mukuru wa Tehran no mu yindi mijyi minini yo muri Iran, irimo...
Jackson Kwizera Indege ya American Airlines yo mu bwoko bwa Boeing 737 MAX 8 yabonetseho umwobo usa n’uwatewe n’isasu nyuma y’urugendo rugana i Medellín...
Jackson Kwizera Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yitabiriye igikorwa cyo kubunamira abana n’umwarimu wungirije bishwe n’umuntu w’itwaje intwaro warashe mu ishuri ryisumbuye ryo...
Jackson Kwizera DHAKA, 13 Gashyantare inkuru dukesha ikigo ntaramakuru cy’Abongereza (Reuters), Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, Bangladesh Nationalist Party (BNP), ryatsinze amatora y’abadepite ku buryo...
Abantu 12 baguye mu gitero cyagabwe n’abagabo babiri barashe abari baje mu munsi mukuru w’Abayahudi bita Hanukkah . Barasiwe ku mazi aho bari baje...
Ubuyobozi bwa Philippines bwahungishije abaturage 900,000 ngo batagirwaho ingaruka n’inkubi bise Fung Wong iri gusatira iki gihugu kigizwe ahanini n’ibirwa. Bitaganyijwe ko iyo mvura...
Imibare y’agateganyo yerekana ko abantu 20 ari bo bishwe n’umutingito wabereye muri Afghanistan. Ubutabazi burakomeje ngo harebwe niba hari abandi baba bagihumeka bakurweho ibintu...
Mu Bwongereza abaturage bacitsemo igikuba nyuma y’uko umuntu asanzwe abagenzi muri gari ya moshi akabatera ibyuma agasiga ubuzima bw’abantu icyenda buri hagati y’urupfu n’umupfumu....
Abaturage ba Cuba bari mu kaga ko gusenyerwa cyangwa kwicwa n’inkubi abahanga bise Melissa ifite umuvuduko wa kilometero 100 ku isaha. Waje ukurikiwe n’imvura...
Sanae Takaichi niwe mugore uhabwa amahirwe yo kuba uwa mbere uyoboye Guverinoma y’Ubuyapani mu mateka yabwo. Kuri uyu wa Mbere nibwo Inteko ishinga amategeko...
Umwe mu mirambo umunani Israel yakiriye izi ko yose ari iy’abantu bayo Hamas yashimuse, yasanze hari umwe w’Umunya Palestine birakaza cyane abayobozi bayo barimo...
AFC/M23 n’ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) basubiye ku meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13,...