Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru

Babinyujije ku rukuta rwabo rwa X, Umuryango FPR Inkotanyi watanze ubutumwa bwo kwitanya n’Umuryango wa Senateri Mukabarisa Donatilla ndetse no gufata mu mugongo abayoboke...

Amakuru

Ubutumwa bwo kwifatanya mu kababaro n’abanyarwanda bose by’umwihariko ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, kubera itabaruka rya Senateri Mukabarisa Donatilla, Ishyaka riharanira Demokarasi...

Amakuru

U Rwanda rwagize ibyago byo kubura Senateri Donatille Mukabalisa, witabye Imana azize uburwayi, nyuma y’igihe ari kwivuriza mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal i Kigali....

Rwanda

Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...

Amakuru

Iperereza ry’ibanze ryakozwe ku mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu majyaruguru ya Algeria, yahitanye abantu 28, ryagaragaje ko umushoferi wari uyitwaye yari yakoresheje ibiyobyabwenge...

Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari abantu boherezwa na MONUSCO bavuga ko ari abahoze ari abarwanyi ba FDLR, nyamara igenzura rikorerwa ku Kigo cya...

Ibitekerezo

By Martin Semukanya For years, one phrase has dominated discussions about education in Rwanda: “Ireme ry’uburezi” — the quality of education. It is repeated...

Ibitekerezo

For much of the past two years, debate around the European Union Deforestation Regulation (EUDR) has focused on risks. Exporters worry about rising compliance...

Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge bikomeje, mu rwego rwo gukumira ingaruka bishobora guteza ku buzima...

Amakuru

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda umunani zikora ibinyobwa bisindisha, kinazambura impushya zo gukora nyuma y’ubugenzuzi...

Uburezi

Guhera mu mwaka w’amashuri utaha, ababyeyi bafite abana biga mu mashuri ya Leta bazatangira gutanga umusanzu mushya ugenewe ifunguro ry’abanyeshuri, nyuma y’aho Minisiteri y’Uburezi...

Iterambere

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bwasabye Umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya w’Umurenge wa Nyamabuye, Gihana Tharcisse, gushyira imbere ubuvugizi bugamije kongera ibikorwa remezo no kunoza serivisi zihabwa...

Ubworozi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu buryo igiciro cy’amata kizajya gishyirwaho, aho bitazongera gukorwa na Leta yonyine, ahubwo aborozi, abaguzi n’inganda zitunganya amata bazajya...

Ubuzima

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inzoga z’inganda zizwi nka Ethanol cyangwa Neutral Spirit mu nganda zose...

Ubuhinzi

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye, yasabye abahinzi, aborozi n’abafatanyabikorwa b’urwego rw’ubuhinzi gushyira mu bikorwa ubumenyi n’udushya byagaragariye mu Imurikabikorwa ry’Ubuhinzi n’Ubworozi, agaragaza ko...

Amakuru

Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...

Amakuru

Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare n’abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’amahoro mu Ntara ya...

Amakuru

Mu gihe hategerejwe igihe cy’Umuhindo, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) irakangurira Abanyarwanda gufata ingamba hakiri kare zo kwirinda ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi iteganyijwe....

Amakuru

Rwanda

Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...

Amakuru

Iperereza ry’ibanze ryakozwe ku mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu majyaruguru ya Algeria, yahitanye abantu 28, ryagaragaje ko umushoferi wari uyitwaye yari yakoresheje ibiyobyabwenge...

Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari abantu boherezwa na MONUSCO bavuga ko ari abahoze ari abarwanyi ba FDLR, nyamara igenzura rikorerwa ku Kigo cya...

Amakuru

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge bikomeje, mu rwego rwo gukumira ingaruka bishobora guteza ku buzima...

Amakuru

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda umunani zikora ibinyobwa bisindisha, kinazambura impushya zo gukora nyuma y’ubugenzuzi...

Amakuru

Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...

Advertisement

Imyidagaduro

Imyidagaduro

Umunyamerika Ashton Hall, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitozo ngororamubiri ikurikirwa n’abarenga miliyoni z’abamukurikira, yatangaje ko agiye gushyigikira Umunyarwanda Enock Kwizera uzwi nka Kagarara...

Imyidagaduro

Abaturage bo mu Karere ka Huye, by’umwihariko urubyiruko, batangiye kuryoherwa n’ibirori bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026 binyuze muri siporo rusange ya nijoro izwi...

Imyidagaduro

Mu gihe benshi bakomeje gukurikira uko amakipe atandukanye yitwara mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, abakunzi b’imyidagaduro bo bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa byinshi...

Entertainment

Panorama Showbiz Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana ryamenyekanye nka Vestine na Dorcas ryamaze gutangaza ko –ku bwumvikane ryatandukanye na MIE y’umunyamakuru Irene Murindahabi -nk’ikigo...

Imyidagaduro

  Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje amabwiriza yihariye azagenga ibikorwa by’ubucuruzi n’ubukerarugendo muri iyi mikino y’Igikombe cy’Isi. Aya mabwiriza agamije korohereza abanyarwanda...

Imyidagaduro

Abakunzi ba sinema bafite amahitamo menshi muri iyi weekend, aho filime zitandukanye ziri mu zikomeje kuvugwa kubera inkuru zazo zitandukanye, kuva ku zishingiye ku...

Advertisement
August 2026
M T W T F S S
 12
3456789
10111213141516
17181920212223
24252627282930
31  

Amategeko

Mukagahizi Marie Rose utuye mu mudugudu wa Rutenga, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga, Intara y’Amajyepfo; ararangisha ibyangombwa byabuze birimo Dipolome...