Mu rwego rwo kurangiza urubanza RC 00050/2017/TB/KGO rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kibungo ku wa 31/05/2017 kugira ngo hishyurwe amafaranga Mukamana Maxime yatsindiye;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 20/04/2019, hazagurishwa muri cyamunara umutungo wa Mukamisha Olive, ugizwe n’inzu iri mu kibanza gifite UPI: 1/02/09/02/7364, iherereye mu mudugudu wa Rukurazo, Akagari ka Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali.
Cyamunara ikazaba saa yine za mugitondo (10h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0783110938.
Bikorewe i Kigali ku wa 10/04/2019
Sé
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga












































































































































































