Amakuru
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Hi, what are you looking for?
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Brazil iri mu bihugu byo ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo bifite umubare munini w’abafungwa, cyane cyane abakatiwe kubera ibyaha bikomeye birimo urugomo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge....
Ambasaderi wa Iran muri Egypt yatangaje ko igihugu cye kitigeze gisaba ibiganiro na America bigamije guhagarika intambara iri gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati....
Hashize iminsi mike mu Burasirazuba bwo Hagati hadutse umwuka mubi w’intambara ihuza Iran na America itanyije na Israel, aho ibitero bikomeye by’intwaro zirimo misile...
Imiryango y’abasore b’Abanya-Kenya bashutswe bakajyanwa kurwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara irwana na Ukraine, ku wa kane yakoze imyigaragambyo mu murwa mukuru wa...
Panorama Sports Ikipe ya Rayon Sports yerekeje muri ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera City Boys yo mu cyiciro cya kabiri, iyitsinze ku giteranyo...
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Rtd Gen Maj Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda gufata ingamba zo kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi y’Itumba imaze iminsi...
Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save ku munsi w’umuhinzi, abahinzi bagaragarijwe imbuto z’ibigori z’indobanure zirimo WH 507 na WH 301, ndetse banashishikarizwa...
Ambasade y’u Rwanda muri Qatar yatangaje ko ibikorwa byayo by’akazi ko biri gukorerwa kuri internet by’agateganyo, bitewe n’uko umutekano uhagaze muri iki gihugu muri...
Ku wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2026, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame....
Umunya-Uganda Aleti Crystal, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok, ari kuvugwa cyane nyuma yo gutangaza ko yatangije umushinga mushya udasanzwe wo gukubita abagabo...
Amazi ni igice cy’ingenzi mu buzima, aho umubiri wa muntu ukenera 70% by’amazi kugirango ukore neza. Mubusanzwe amazi tuyasanga mu biyaga, inzuzi, ibishanga kandi...
Ibihugu 12 bigize Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, Economic Community of West African States (ECOWAS), bivugwa ko byafashe icyemezo cyo gushinga umutwe mushya...
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Gatsibo abaturage barasaba ko bakwegerezwa amazi meza hafi yabo, bagatandukana n’amazi y’ibishanga n’ibinamba bakoresha umunsi kuwundi ibituma barwara indwara...