Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 19/11/2019, saa cyenda z’igicamunsi (15h00) ;
azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nyiransengimana Catherine na Usabimana Daniel, ugizwe n’inzu iri mu kibanza kibaruye kuri UPI: 2/08/11/03/2256, uherereye mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo.
Kugira ngo amafaranga avuyemo yishyurwe Akarere ka Kamonyi katsinze mu rubanza rwavuzwe haruguru. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0788461028
Bikorewe i Kigali, ku wa 11/11/2019
Me Ingabire Uwayo Lambert
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
