Kugira ngo harangizwe urubanza RCAA 0037/15/CS rwo ku wa 06/07/2018;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 15/03/2019 guhera saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha mu cyamunara imitungo ibiri (2) itimukanwa igizwe n’inzu iri mu kibanza No 577 n’indi iri mu kibanza No 5969 ya Ntuyenabo Fidele, yose iherereye mu kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Intara y’Amajyaruguru; kugira ngo amafaranga avuyemo aganywe ku buryo bungana n’abazungura bose ba Ntuyenabo Fidele.
Cyamunara izabera aho imitungo iherereye kandi izatangirira ku nzu iri mu kibanza No 577.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0788461028.
Bikorewe i Musanze none ku wa 06/03/2019.
Me Ingabire Uwayo Lambert
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
