Amakuru
Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba igitunganywa nyuma yo guhomba asaga miliyoni 100 Frw Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Nyabarongo, mu...
Hi, what are you looking for?
Abakora ubuhinzi bw’umuceri mu gishanga cya Nyabarongo barasaba igitunganywa nyuma yo guhomba asaga miliyoni 100 Frw Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Nyabarongo, mu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko mu minsi itanu u Rwanda rwinjije miliyoni 12.95 z’amadolari...
Rene Anthere Rwanyange The Rwanda Non-Communicable Disease Alliance (RNCDA) commends the Government of Rwanda, through the Ministry of Health and the Rwanda Food and...
Umushinga Green Amayaga watangije ku mugaragaro icyiciro cya kabiri cy’ibikorwa byawo, aho uteganya kwagura ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije, kurwanya isuri no guteza imbere ubuhinzi...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yasabye ibihugu bya Afurika kuva ku mihigo n’amasezerano yanditse bikibanda ku bikorwa bifatika, by’umwihariko mu guteza imbere...
Panorama Sports Ikipe ya APR F.C yitegura imikino itandukanye mu mwaka mushya w’imikino wa 2026/27 yamaze kongera amaraso mashya mu batoza bayo, aho yongereyemo...
Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda...
Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yasabye ababyeyi gutangira hakiri kare gutegura ibikoresho by’abana, mu rwego rwo kubafasha gutangira umwaka w’amashuri wa 2026-2027 biteguye...
Abantu 59 ni bo bamaze gutanga kandidatire zo guhatanira umwanya umwe w’umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda wasizwe na Depite Icyitegetse weguye kuri...
Umuyobozi ushinzwe Ubumwe n’Ubudaheranwa muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Kayumba Uwera Marie Alice, yasabye urubyiruko kwifashisha ubumenyi n’ubuhanga rwakuye mu mashuri, rukabuhuza n’indangagaciro...
Abanyarwanda barenga ibihumbi 40 bitabiriye igiterane ngarukamwaka cya Rwanda Shima Imana 2026, cyabereye kuri Stade Amahoro i Remera mu Mujyi wa Kigali, aho abayoboke...
Arsenal yatangiye neza umwaka w’imikino wa 2026/27, yegukana Community Shield nyuma yo gutsinda Manchester City ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Principality Stadium i...
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko imyitwarire ibangamira umutekano n’imyigire mu mashuri igiye guhangwa bikomeye, by’umwihariko ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge, ndetse n’urugomo. Minisitiri Nsengimana...
Uwimana Clarisse, umunyamakuru kandi ufite ubunararibonye mu mupira w’amaguru, yagizwe Visi Perezida wa AS Kigali, asimbura Kankindi Anne-Lise Lida wari kuri uwo mwanya mbere...