Hi, what are you looking for?
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge,...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye ababyeyi n’abaturage muri rusange kugira uruhare mu kurinda abana bari munsi y’imyaka 18 gukoresha imbuga nkoranyambaga, avuga...
Jorge Messi, se wa Lionel Messi akaba n’umuntu wamubaye hafi cyane kuva mu ntangiriro z’urugendo rwe mu mupira w’amaguru, yitabye Imana afite imyaka 68,...
Jeanne d’Arc Munezero Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango, Uwimana Consolée, asaba abana kugira ubuzima bufite intego no kwirinda kwirinda icyahagarika inzozi zabo, kuko bifitemo ubushobozi...
Rayon Sports yongeye kwandika amateka muri ruhago yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma yo kwegukana igikombe cya 2026 CECAFA Kagame Cup, itsinze Gor...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yasabye Abanyarwanda gukomeza kubungabunga indangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragazwa n’Umuganura, zirimo gukunda igihugu, gukorana umurava, ubupfura,...
Abana barenga 500 bahagarariye bagenzi babo ku rwego rw’Umurenge, Akarere, Intara n’Umujyi wa Kigali bitabiriye Inama y’Igihugu y’Abana, bagaragarizamo inzego zitandukanye ibibazo bikibangamiye uburenganzira...
Panorama Sports Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yakuyeho ibihano yari yarafatiye Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT), Samuel Eto’o Fils, nyuma y’ubujurire...
Mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi w’Umuganura ku wa 7 Kanama 2026, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) irasaba abaturage gukomeza kwimakaza indangagaciro zubaka...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, yavuze ko abana bakwiye gukurana icyizere, bakiyubakira ejo hazaza binyuze mu kwiga bashyizeho umwete no kwiha intego...
Mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027, Leta y’u Rwanda yateganyije miliyari 2.7 Frw zo gufasha abantu bafite ubumuga bafite amikoro make, aho amafaranga azagera...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo kwinjiza, gukwirakwiza no gucuruza ubwoko 52 bw’ibinyobwa bisembuye, mu rwego rwo kurinda ubuzima...
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwatangaje ko abantu 108 bari mu nzego z’ibanze bamaze gufatirwa ibyemezo bitandukanye nyuma yo kugaragara ko bafite uruhare mu bikorwa bifitanye...