Ubwo Perezida Paul Kagame yasozaga Inama y’igihugu y’Umushyikirano ibaye ku nshuro ya 18, yasabye ko ababyeyi bajyana abana mu kabari bakwiye kujya babibazwa.
Perezida Kagame ntiyagarukioye aho gusa, yavuze ko na Nyir’akabari akwiye kujya abazwa impamvu yemereye ababyeyi kwinjiza umwana mu kabari.
Ubusanzwe iyo umwana yajyaga mu kabari arikumwe n’ababyeyi be amategeko yamurengeraga, ariko bigaragaza ko bihnduye isura.
Perezida Kagame avuga ko atumva uburyo umwana w’imyaka 14 ajya mu kabari n’ubwo yaba arikumwe n’ababyeyi.
Yasabye abantu kudahishira abana banywa inzoga, ababyeyi babajyana mu kabari ndetse n’abazibagurisha.
Inama ya 18 y’igihugu y’umushyikirano yateraniye muri Kigali Convention Centre, kuva ku wa 27 kugeza ku wa 28 Gashyantare 2023.
Panorama










































































































































































Carlos
February 28, 2023 at 15:58
stop stop akabari ntabwo ari umurage dore ko turi mu bisenya ingo nyinsi
Immaculee
February 28, 2023 at 15:56
Hari ibintu abatindi bakora babyita ubukire muzi ko abantu benshi banywa itabi babikesha abo bakomokoho!have have mwitonde
Bourgeaois Ndori
February 28, 2023 at 15:55
President KAGAME is a good leader and he loves family wa mugani bimaze iki kujyana abana mu tunywero nibwo usanga babaye ba kazizi pe
Livingston
February 28, 2023 at 15:53
Abantu bahindure intekerezo biheshe agaciro kujyana mu tubarre ntacyo biaze ahubwo ni ukubaroga gahoro gahoro