Iterambere
Munezero Jeanne d’Arc Bamwe mu bibumbiye mu makoperative bavuga ko bamaze kwiteza imbere biyaturutseho. Bishimira kandi itegeko rishya rigenga amakoperative, kuko byagabanyije ibibazo byari...
Hi, what are you looking for?
Munezero Jeanne d’Arc Bamwe mu bibumbiye mu makoperative bavuga ko bamaze kwiteza imbere biyaturutseho. Bishimira kandi itegeko rishya rigenga amakoperative, kuko byagabanyije ibibazo byari...
Kongere ya 10 y’Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR), yabaye ku itariki ya 4-5 Ukwakira 2024, yagaragaje ibyagezweho harimo umushahara wa mwarimu wiyongereye kandi...
Polisi y’Igihugu n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bavuga ko ibya abana bagaragaje ubwo bafataga ibendera ry’igihugo ngo ritagwa babifata nk’ibikorwa cyo gutanga ubuzima bwabo kubera...
Bisi nini zikoresha amashanyarazi za sosiyete BasiGo zigiye gutangira ingendo zerekeza mu ntara, kandi zifite ubushobozi bwo gukora ingendo ndende ziva mu mujyi wa Kigali...
Munezero Jeanne d’Arc Abaforomo n’ababyaza bagaragaza ko ikibazo cy’umushahara udahuye n’akazi bakora ndetse n’aho ibihe bigeze gikomeje kuba ingorabahizi. Iki kibazo gituma iyi serivisi...
Bamwe mu rubyiruko bavuga ko babangamirwa no kuba badahabwa umwanya uhagije mu gutegura ibibakorerwa, bakifuza ko aribo bakwiye guhabwa umwanya ufatika mu biganiro bigena...
Mu nama nyunguranabitekerezo n’abafatanyabikorwa barimo ibigo bya Leta n’iby’abikorera, Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) yagaragaje ko imishinga migari ikenera amashanyarazi yaba iy’igihugu ndetse...
Umusaza Gasirabo muzi cyera cyane nkiri umwana ndetse ni n’ubwo muheruka, aho yari atuye i Remera. Aho nkuriye yatangiye kunsura, agahengera nashyizwe iswa, akambaza...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ari mu gihugu cya Latvia mu uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu. Muri uru ruzinduko azagirana ibiganiro bizabera mu muhezo na...
Umugenzuzi Mukuru w’Urwego rushinzwe kugenzura Iyubahirizwa ry’Ihame ry’Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagore n’Abagabo mu Iterambere ry’Igihugu (GMO), Ndine Umutoni Gatsinzi, avuga ko hakiri imbogamizi nyinshi zibuza...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira ibyorezo (CDC) cyatangaje ko cyiteguye kohereza inzobere mu Rwanda ngo zifatanye n’itsinda ry’u Rwanda mu guhangana na...