Ubuhinzi
Abashakashatsi n’inzobere mu rwego rw’ubuhinzi basanga inzego bireba zikwiye kugira imikoranire ishyira imbere inyungu z’abahinzi, hakurwaho imbogamizi bafite kugira ngo umusaruro ubukomokaho urusheho kwiyongera....
Hi, what are you looking for?
Abashakashatsi n’inzobere mu rwego rw’ubuhinzi basanga inzego bireba zikwiye kugira imikoranire ishyira imbere inyungu z’abahinzi, hakurwaho imbogamizi bafite kugira ngo umusaruro ubukomokaho urusheho kwiyongera....
Rukundo Eroge Imanza z’ibyaha bimunga ubukungu bw’igihugu harimo ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo zigiye kwitabwaho mu mwaka mushya w’ubucamanza. Ibi byagarutsweho na Dr....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kigaragaza ko ibiciro muri rusange mu Rwanda byagabanutseho 5.4% muri Nyakanga 2024 ugereranyije n’ukwezi kwa Nyakanga 2023. Ibi bikubiye muri...
Perezida Paul Kagame witabiriye inama hagati ya Indoneziya na Afurika agaragaza ko n’ubwo hari byinshi byagezweho mu mubano n’ubufatanye hagati Afurika na Aziya by’umwihariko...
I Kigali hateraniye Inama y’Ihuriro ry’Ubuhinzi n’Ibiribwa (Africa Food System Forum) yitezwe kuganirwamo zimwe mu ngingo zireba uru rwego zirimo kurebera hamwe uburyo bwo...
Umuhindo uravunyisha, abahinzi barikiriza barangamiye ikirere, bamaze kwitegura umwaka mushya w’ihinga. Iri ni itangira rigamije igaburo ryubaka umubiri, rikaba impurirane n’irigamije kugaburira ubwenge, cyane...
Bamwe mu baturage b’Akarere ka Nyabihu, bahangayikishijwe n’amashyamba yabo akomeje kwangizwa. Batunga agatoki inganda eshatu zikamura amababi y’inturusu ziyabyaza amavuta, zikorera muri ako karere....
Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki by’umwihariko mu njyana gakondo, Intore Massamba, avuga ko mbere yo kwinjira mu njyana nyarwanda benshi bamumenyemo yabanje mu njyana z’amahanga...
By Andre de Jager Fast-changing circumstances necessitate a rapid transformation of our global Agri-food systems. Especially in Africa population growth, urbanization, climate change, shifting...
Rwanyange Rene Anthere Mu karere ka Rusizi, abaturage barashimira Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) mu bikorwa yakoze bigamije guhindura ubuzima n’imibereho yabo harimo...
Abaturage bo mu Karere ka Musanze barimo abangirijwe n’ikorwa ry’umuhanda Butare -Shashi -Rwaza- Gacaca basaba ko bakwishyurwa, bagahabwa ingurane ziteganywa n’amategeko. Uretse iki kibazo...
Abatuye ku kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi, bishimira ko bahawe imbuto n’inyongeramusaruro hakiri kare kugira ngo bitegure neza iki gihembwe cy’ihinga cya...
Hari abaturage bahinga mu bice bafata nk’ibishanga mu Karere ka Karongi, basaba ko bafashwa kubona imashini zo kuhira imyaka yabo kugira ngo bashobore kugira...