Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0705/I5/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 10/09/2015;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 08/10/2019 saa tanu z’amanywa (11h00), azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa wa PEACE VILLE ESTATE ugizwe n’inzu iri mu kibanza kibaruye kuri UPI: 1/02/13/01/20l6; uherereye mu kagari ka Nyabisindu, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali; kugira ngo amafaranga avuyemo yishyurwe BRD yatsinze mu rubanza rwavuzwe haruguru. Cyamunara izabera aho uwo mutungo uherereye.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0788461028
Bikorewe i Kigali none ku wa 04/10/2019
Me Ingabire Uwayo Lambert
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé
