Mu rwego rwo kurangiza urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko rukuru rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 08/03/2019 hazagurishwa muri Cyamunara imitungo ya RAGASANA Thomas na MUKAKIMENYI Marie Rosine ikurikira:
UPI: 1/03/08/04/1567; UPI: 1/03/08/04/1560; UPI: 1/03/08/04/1585; UPI: 1/03/08/04/1572; UPI: 1/03/08/04/1582; UPI: 1/03/08/04/2288; UPI: 1/03/08/04/1571; UPI: 1/03/08/04/2285; UPI: 1/03/08/04/1417; UPI: 1/03/08/04/1583; UPI: 1/03/08/04/2366.
Yose iherereye mu Kagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali, ahagenewe inganda. Cyamunara izaba saa tatu za mugitondo (9h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0788482817 cyangwa akareba ku rubuga rutangazwaho imanza zirangizwa www.pba-co.org
Bikorewe i Kigali, ku wa 25/02/2019
Sé
Me NDAYOBOTSE Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
