Kugira ngo harangizwe urubanza RC 00033/2018/TB/NYG rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyagatare ku wa 30/01/2019,
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 18/06/2019, guhera saa yine za mugitondo (10h00), azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka wa Musoni James bita Kayihura, ubaruwe kuri UPI: 5/02/13/05/2578; uherereye mu mudugudu wa Nyarupfubire, Akagari ka Nyarupfubire, Umurenge wa Rwimiyaga, Akarere ka Nyagatare; kugira ngo havemo ubwishyu bwa Ngendahimana Jean Claude n’igihembo cy’Umuhesha w’Inkiko.
Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri nomero zikurikira: 0788898121/0788571713/0780923573.
Ifoto n’igenagaciro ryawo biboneka ku rubuga rw’imanza zirangizwa.
Bikorewe i Nyagatare ku wa 07/06/2019
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Me Mutsindashyaka François Xavier
Sé
