Ibikorwaremezo
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Hi, what are you looking for?
Sosiyete izobereye mu bwubatsi bw’amazu agezweho yitwa Workers Affordable Properties (WAP) yatangije umushinga mugari wo kubaka inzu zigezweho kandi zihendutse ku buryo buri muntu...
Hashingiwe ku ifatira ryakozwe ku mitungo yimukanwa ya Mvukiye Felix, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatatu tariki ya 02/10/2019,...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare, ku wa 17 Nzeri 2019, yafatiye mu murenge wa Karangazi imodoka ebyiri zipakiye amabuye y’agaciro yo...
Mu minsi itatu gusa, kuva ku wa gatanu tariki ya 13 kugeza ku cyumweru tariki ya 15 Nzeri 2019, abashoferi 144 bafashwe batwaye ibinyabiziga...
Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza ko amatora y’abasenateri muri manda 2019-2024 yitabiriwe ku kigero cya 94 kw’ijana. Aba basenateri batowe hakurikijwe manda nshya yanditse mw’Itegeko...
Ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA), abacuruzi b’ibyuma bikonjesha biyemeje kugabanya iyinjira ry’ibifite ibinyabutabire byangiza akayunguruzo k’imirasire y’izuba (Ozone); kugira ngo ikoreshwa...
Ku wa gatandatu tariki ya 14 Nzeri 2019, Niyonsaba Jean Pierre, mu murenge wa Nyakabuye yafatanywe amako y’imiti agera kuri 30 yacururizaga iwe mu...
Abanyabugeni bo mu murenge wa Gishamvu mu karere ka Huye, mu Ntara y’amajyepfo bavuga ko kutabasha kwicururiza ibyo bakora, bituma uruhare bagira mu kwimakaza...
Ahagana mu mpera z’umwaka wa 2014, hasohotse amabwiriza ya Minisitiri NO 001/2014 yo kuwa 08/10/2014 agenga imyandikire y’ikinyarwanda. Ayo mabwiriza, nk’uko bigomba kugenda, yahise...
Bamwe mu baturage bafite imitungo mu nkengero za Pariki ya Gishwati-Mukura bavuga ko ingurane bahawe y’amatungo magufi n’amaremare idahwanye n’imitungo bahafite. Aba baturage biganjemo...
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOMAA 0006/2018/CA, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 20/09/2019 saa cyenda z’igicamunsi (15h00), azagurisha...
Nsababera Fidèle wo mu Mudugudu wa Kinini, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe, avuga ko yakeneshejwe n’abana be babiri b’abajura barengeje imyaka 25 y’amavuko....
Ubuyobozi bw’Ingoro Ndangamurage y’amateka n’imibereho y’Abanyarwanda butangaza ko 70 kw’ijana by’abayisura ari Abanyarwanda. Ariko bamwe mu baturage batuye mu karere ka Huye iherereyemo, bavuga...
Binyuze mu masomo y’ubumenyi-ngiro ashingiye ku bumenyi n’ubushobozi umwana yifitemo, abanyeshuri bo mu mashuri abanza, ayisumbuye n’amakuru bakomeje kugaragaza udushya mu gushaka bimwe mu...
Kugirango harangizwe urubanza RCOMAA 00069/20l8lCA, Umuhesha w’lnkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatanu tariki ya 13/09/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha mu...