Inkuru nyamukuru
Kuri uyu wa kane tariki ya 15 Kamena 2017, u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku burwayi bwo mu mutwe usanzwe uba tariki...
Hi, what are you looking for?
Kuri uyu wa kane tariki ya 15 Kamena 2017, u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku burwayi bwo mu mutwe usanzwe uba tariki...
Mu kwezi k’Ugushyingo uyu mwaka, mu irushanwa ryo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda 2017, ku nshuro ya mbere, Akarere ka Bugesera kazasesekaramo iri...
Babifashijwemo n’Ishyirahamwe ry’uturere n’Umujyi wa Kigali (RALGA), Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari hirya no hino mu gihugu batangiye guhabwa amasomo ahoraho ajyanye n’imiyoborere. RALGA, ibinyujije mu...
Abagore bakora umwuga w’itangazamakuru, barahabwa amasomo y’ikarishyabwenge ku myitwarire mu matora, aho basabwa gukora inkuru birinda amarangamutima. Ibi byagarutsweho n’Umunyababanga Nshingabikorwa w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura...
Abanditsi bakuru n’abanyamakuru bakora inkuru za Politiki mu bitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda bakanguriwe kunoza inshingano zabo mu gihe cy’amatora y’Umukuru w’igihugu yitezwe tariki ya...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangiye kwakira kandidature z’abifuza kwiyayamariza umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganyijwe ku wa 3 Kanama ku baba hanze y’igihugu no ku...
Ku nshuro ya kabiri, Urukiko Rukuru rwo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwashyigikiye ingingo ihagarika Itegeko rya Perezida Donald Trump rikumira abaturuka mu...
Ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 10 Kamena nibwo Soul Bang’s ukomoka mu gihugu cya Guinea yari ageze i Kigali muri One Love...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) yatangaje ko kuva mu 2012 hatangijwe gahunda ya ‘Tubarerere mu muryango’ yo gukura abana mu bigo by’imfubyi bagashakirwa imiryango...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, aganiraga n’Abanyarwanda baba mu Bubiligi n’ibindi bihugu bituranye, muri Rwanda Day, ku wa 10 Kamena 2017, yatanze urugero ko...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Kaboneka Francis yasabye urubyiruko gusigasira imiyoborere myiza. Minisitiri Kaboneka yabwiraga urubyiruko rukomoka mu ntara no mu turere twose tugize u Rwanda,...
This Saturday 10 June 2017, Rwandans from across Europe and different corners of the world gather in Ghent, Belgium to interact and discuss on...
Kayitasire Egide wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, agasezera ku kazi, yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Nk’uko tubikesha igihe.com, ayo makuru yemejwe...
Bamwe mu bayobozi b’uturere mu ntara y’Iburasirazuba batunzwe agatoki ku kuba badatanga amakuru ku banyamakuru cyangwa banayatanga bakabikora bagononwa. Ibi byagaragajwe n’abanyamakuru ku wa...
Ikinyarwanda ni ururimi rukoreshwa n’abanyarwanda benshi mu byiciro bya serivisi zidatukanye haba mu buyobozi, mu mashuri, mu bugeni, mu bucuruzi no mu nganda kandi...