Football
Umutoza w’ikipe ya APR FC Adil Mohamed yatangaje ko umukinnyi Ishimwe Kevin uheruka guhagarikwa by’agateganyo, ubu yirukanwe burundu kubera ikinyabupfura gike. Tariki 29/10/2020 ni...
Hi, what are you looking for?
Umutoza w’ikipe ya APR FC Adil Mohamed yatangaje ko umukinnyi Ishimwe Kevin uheruka guhagarikwa by’agateganyo, ubu yirukanwe burundu kubera ikinyabupfura gike. Tariki 29/10/2020 ni...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yerekeje i Praia muri Cap-Vert mu mikino yo guhatanira itike y’igikombe cya Afurika izaba mu mwaka wa 2022 muri...
Gukaza ubukana kw’icyorezo cya COVID-19 muri Canada, by’umwihariko mu mujyi wa Montreal, byatumye unashyirwa mu kato umukunzi wa Dany Usengimana akabura uko aza mu...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal ndetse na Juventus yo mu Butaliyani, byemejwe ko yanduye icyorezo cya Coronavirus gikomeje kwibasira isi. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri...
Saido Ntibazonkiza, wakiniraga ikipe ya Vital’o muri shampiyona y’u Burundi, yasinye amasezerano yo gukinira ikipe ya Young Africans muri Tanzania nk’uko iyi kipe yabitangaje. Uyu...
Baca umugani ngo “iyo nyirumuringa aje utega ukuboko” ariko kandi muri siporo, by’umwihariko mu mupira w’amaguru abakinnyi ndetse n’abafana barangwa n’ubworoherane. Ku cyumweru tariki...
Myugariro w’ikipe ya APR FC Niyomugabo Claude avuga ko yashimishijwe cyane no guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, ifite umukino wo guhatanira kujya mu gikombe...
Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 5 Ukwakira 2020, abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda bari bayobowe n’Umugaba mukuru w’Ingabo Gen Jean Bosco...
Myugariro wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, Buregeya Prince atangaza ko yigishijwe amasomo menshi n’iyaduka ry’icyorezo cya COVID-19 cyateye isi gitunguranye mu mpera z’umwaka...
Ku wa kabiri tariki ya 29 Nzeri 2020, abakozi bose b’ikipe ya APR FC bapimwe icyorezo cya COVID-19 nyuma y’itangazo rya Minisiteri ya siporo...
Ikipe ya APR FC yatangaza ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Jacques Tuyisenge, nyuma yo gusezera mu ikipe ya Petro Atlético...
Ku cyumweru tariki ya 16 Kanama 2020, nibwo hasakaye ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaramo Umutoza w’umupira w’amaguru Karekezi Olivier n’Umukinnyi Michael Sarpong bari kumwe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2020, ku kicaro cy’umupira w’amaguru mu Rwanda habereye igikorwa cyo gutomborana hagati y’amakipe yarokotse amajonjora, akaba...
Ikipe ya Gicumbi FC imaze iminsi yakiririra imikino yayo kuva shampiyona y’uyu mwaka yatangira kubera ikibuga cyayo cyari cyarahagaritswe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda...