Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ikemezo cy’urukiko mu manza RP00303/2017/TB/NYRGA, rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugunga; urubanza RPA00388/2018/TGI/NYGE, n’urubanza RPA00434/2018/TGI/NYGE, zombi zaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 30/07/2018, imanza STAR AFRICA MEDIA CO.Ltd yatsinzemo Nduwayo Gallican;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatatu tariki ya 13/03/2019, azagurisha muri Cyamunara imitungo ya Nduwayo Gallican ku nshuro ya mbere ku buryo bukurikira:
Guhera saa tanu z’amanywa (11:00am), azagurisha inzu yo guturamo ituzuye, yubatse mu kibanza kibaruye kuri UPI: 5/07/10/02/3908 iherereye mu karere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, akagari ka Kayumba, Umudugudu wa Rwanza;
Guhera saa cyenda z’igicamunsi (15:00pm), azagurisha ikibanza kitubatsemo kibaruye kuri UPI: 1/03//08/03/3749 giherereye mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Masaka, Akagari ka Gako, Umudugudu wa Kibande.
Cyamunara izabera aho iyo mitungo iherereye. Ku bindi bisobanuro, bariza kuri telefoni igendanwa 0788297106 no ku rubuga www.pba.co.org rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga.
Bikorewe i Kigali, ku wa 04/03/2019
Me Mufanzara Léonce,
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga.
Sé
