Amakuru
Perezida Paul Kagame, Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi 5746, barimo batanu bakuwe ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP)...
Hi, what are you looking for?
Perezida Paul Kagame, Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abapolisi 5746, barimo batanu bakuwe ku ipeti rya Assistant Commissioner of Police (ACP)...
Ahitwa Mémorial Pierre Savorgnan de Brazza mu Murwa mukuru wa Congo-Brazzaville witwa Brazzaville haraye hateraniye Abanyarwanda n’incuti zabo zaje kubafasha kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi....
Rene Anthere Rwanyange For the first time, the United States has officially recognized “Genocide against the Tutsi” in a formal statement. This recognition was...
Kwizera Jackson Umuryango FPR Inkotanyi, ubinyujije ku rukuta rwa X watanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda ndetse n’Isi yose Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside...
Aho Amerika na Irani byemeranyirije ko bigiye kugirana ibiganiro by’ibyumweru bibiri nta masasu avugwa hagati yabyo, igiciro ku kagunguru ka lisansi ku isoko mpuzamahanga...
Burya nta mbuto nyinshi zihabwa agaciro cyane nk’avoka. Izi mbuto z’icyatsi kibisi zuzuyemo amavuta meza n’intungamubiri nyinshi, kandi nta gushidikanya ko zikwiye kuba ku...
Arsenal na PSG yifatanyije n’Abanyarwanda muri ibi bihe bikomeye byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ikipe ya Arsenal...
Kwizera Jackson Mu gihe u Rwanda n’Isi yose muri rusange binjiye mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Rene Anthere Rwanyange Ishyaka riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Muntu (PL), ryatanze ubutumwa bwo kwifatanya n’abanyarwanda ndetse n’Isi yose Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside...
Umutwe washyizwe ku rutonde rw’indi ikora iterabwoba wa Boko Haram wavuze ko kugira ngo urekure abaturage ba Tchad barindwi washimuse ugomba guhabwa €7600,000. Mu...
Sebahizi Prudence uyobora Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda aherutse gutangaza ko lisansi na mazutu bikoreshwa buri munsi mu Rwanda byiyongereye cyane. Avuga ko byavuye kuri litiro...
Kwizera Jackson Nyuma y’imyaka igera kuri 15, Michael Jackson atabarutse, isi y’imyidagaduro yiteguye kwakira filime y’amateka yiswe “Michael,” igiye kugaragaza ubuzima bwe bwose, guhera...
Elon Musk na Larry Page ni abantu babiri bafite izina rikomeye mu bukungu n’ikoranabuhanga byo ku isi. Bose ni abashoramari, abashinzibikorwa, kandi ni bamwe...