Amagare
Areruya Joseph, uvuka mu karere ka Kayonza akaba anaherutse kweguka irushanwa rikomeye k’urwego rwa Afurika, La Tropicale Amisa Bongo, ryanahaye u Rwanda amahirwe yo...
Hi, what are you looking for?
Areruya Joseph, uvuka mu karere ka Kayonza akaba anaherutse kweguka irushanwa rikomeye k’urwego rwa Afurika, La Tropicale Amisa Bongo, ryanahaye u Rwanda amahirwe yo...
Panorama Ubuvanganzo nyemvugo ni kimwe mu bice by’ikinyarwanda byatangiye kugira intege nke, bigera aho bamwe batangira kubukerensa babukoresha uko bitagombye, bikaba bimwe mu byambura...
Elias Hakizimana Nyuma y’imyaka icyenda guze urwuri anarwororeramo, uwarumugurishije yongeye kurugurisha undi. Cyuma arashinjwa inyandiko mpimbano z’ubugure bw’urwuri nk’uko bamwe mu muryango we babitangaza....
Marie Josee Uwiringira Ihuriro ry’imiryango ya Sosiyete sivile -CCOAIB, rirahamagarira urubyiruko kugira uruhare mu kugaragaza no gusesengura ibibazo biterwa na politiki zishyirwaho n’ubuyobozi, ariko...
Rutayisire Boniface/ Bruxelles Nk’uko byari byaratangajwe, tariki ya 10 Gashyantare 2018 ahitwa i Neder-Over-Hembeek, igitaramo cyateguwe na IBUKA yo mu Bubiligi yitwa “Ibuka, Mémoire...
Mutesi Scovia Ibi byagarutweho n’abagore bakora umwuga w’itangangazamakuru bahuriye muryango nyarwanda w’abagore bakora itangazamakuru (ARFEM), ubwo bari mu masomo y’ikarishyabwenge bamazemo iminsi ibiri. Iri...
Panorama Kubona imiti itinze kandi ihenze ituruka mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda ni imwe mu ngorane abahinzi b’ingano bo mu karere ka Nyamagabe bafite,...
Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda asanga Politike yo gutuza abatishoboye ahantu habo ha bonyine ari ikosa ryabayeho, ngo kwikura mu bukene bizabagora...
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) iratangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko umuntu ufungiye muri gereza cyangwa mu bindi bigo bifungirwamo mu buryo bw’agateganyo...
Panorama Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare 2018, urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze umuganda udasanzwe wo gusukura no gusana inzibutso za Jenoside ziri hirya no hino...
Ku wa Gatanu tariki ya 9 Gashyantare 2018, Polisi y’u Rwanda yasubije Uwimana Agnes uruhinja rwe rw’amezi abiri, rwari rwibwe na Beatrice Nyirankuriza ufite imyaka...
Ku itariki ya 9 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza mu Ntara y’I Burasirazuba, yashyikirije abaturage babiri bakomoka mu murenge wa...
Polisi y’’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yaburijemo ubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga, inata muri yombi Shumbusho Emmanuel washakaga kubikuza amafaranga akoresheje Mobile Money ndetse...
Abatwara abagenzi kuri moto ni bamwe mu bafitiye runini abagenzi ndetse n’imitwaro yabo mu bice bitandukanye by’igihugu cyacu. Ariko kandi n’ubwo bakora ako kazi...
Umugabo w’umufaransa witwaga Gravel, yarantutse mubajije ibibazo byinshi bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, numva ndamugaye ariko ngira umujinya nshaka kumucishaho agashyi cyangwa...