Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho akurikiranweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Amakuru...

Football

Panorama Sports Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yakuyeho ibihano yari yarafatiye Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon (FECAFOOT), Samuel Eto’o Fils, nyuma y’ubujurire...

Football

Ikipe ya APR FC yamaze kumenyesha Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ko ititeguye kwitabira irushanwa rya Super Cup mu buryo bushya bwemejwe muri...

Amakuru

RDB yatangaje ko abana b’ingagi 22 ari bo bateganyijwe guhabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina uzabera i Kinigi mu Karere ka Musanze ku...

Umutekano

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibyaha n’imyitwarire y’urugomo bifitanye isano n’ubusinzi byagabanutse nyuma y’uko inzoga zitujuje ubuziranenge, zirimo izamenyekanye nka’ibyuma, zitangiye gukurwa ku isoko....

Urubyiruko

Urubyiruko 20 rwafatiwe mu birori bizwi nka house party mu Mujyi wa Kigali, ruri kunywa ibinyobwa bisembuye birimo inzoga zari zarakuwe ku isoko ry’u Rwanda....

Rwanda

Ikiguzi cy’ubuzima mu mijyi y’u Rwanda cyakomeje kuzamuka muri Nyakanga 2026, aho ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi byiyongereyeho 14.5% ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Nyakanga...

Urubyiruko

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16, kuzajya ruhitamo ibikwiye nubwo hari igihe bishobora kuba bigoye, kuko ari...

Urubyiruko

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa gukoresha ubumenyi n’indangagaciro rwasigiwe n’iri torero, rukabishyira mu bikorwa aho ruzaba ruri hose, aho...

Amakuru

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...

Amakuru

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge,...

Ikoranabuhanga

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasabye ababyeyi n’abaturage muri rusange kugira uruhare mu kurinda abana bari munsi y’imyaka 18 gukoresha imbuga nkoranyambaga, avuga...

Amakuru

Jorge Messi, se wa Lionel Messi akaba n’umuntu wamubaye hafi cyane kuva mu ntangiriro z’urugendo rwe mu mupira w’amaguru, yitabye Imana afite imyaka 68,...

Amakuru

Jeanne d’Arc Munezero Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango, Uwimana Consolée, asaba abana kugira ubuzima bufite intego no kwirinda kwirinda icyahagarika inzozi zabo, kuko bifitemo ubushobozi...

Football

Rayon Sports yongeye kwandika amateka muri ruhago yo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nyuma yo kwegukana igikombe cya 2026 CECAFA Kagame Cup, itsinze Gor...

Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yasabye Abanyarwanda gukomeza kubungabunga indangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragazwa n’Umuganura, zirimo gukunda igihugu, gukorana umurava, ubupfura,...

Amakuru

Amakuru

RDB yatangaje ko abana b’ingagi 22 ari bo bateganyijwe guhabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina uzabera i Kinigi mu Karere ka Musanze ku...

Rwanda

Ikiguzi cy’ubuzima mu mijyi y’u Rwanda cyakomeje kuzamuka muri Nyakanga 2026, aho ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi byiyongereyeho 14.5% ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Nyakanga...

Amakuru

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...

Amakuru

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge,...

Amakuru

Jorge Messi, se wa Lionel Messi akaba n’umuntu wamubaye hafi cyane kuva mu ntangiriro z’urugendo rwe mu mupira w’amaguru, yitabye Imana afite imyaka 68,...

Amakuru

Jeanne d’Arc Munezero Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango, Uwimana Consolée, asaba abana kugira ubuzima bufite intego no kwirinda kwirinda icyahagarika inzozi zabo, kuko bifitemo ubushobozi...

Advertisement

Imyidagaduro

Imyidagaduro

Umunyamerika Ashton Hall, wamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera imyitozo ngororamubiri ikurikirwa n’abarenga miliyoni z’abamukurikira, yatangaje ko agiye gushyigikira Umunyarwanda Enock Kwizera uzwi nka Kagarara...

Imyidagaduro

Abaturage bo mu Karere ka Huye, by’umwihariko urubyiruko, batangiye kuryoherwa n’ibirori bya MTN Iwacu Muzika Festival 2026 binyuze muri siporo rusange ya nijoro izwi...

Imyidagaduro

Mu gihe benshi bakomeje gukurikira uko amakipe atandukanye yitwara mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, abakunzi b’imyidagaduro bo bafite amahirwe yo kwitabira ibikorwa byinshi...

Entertainment

Panorama Showbiz Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana ryamenyekanye nka Vestine na Dorcas ryamaze gutangaza ko –ku bwumvikane ryatandukanye na MIE y’umunyamakuru Irene Murindahabi -nk’ikigo...

Imyidagaduro

  Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje amabwiriza yihariye azagenga ibikorwa by’ubucuruzi n’ubukerarugendo muri iyi mikino y’Igikombe cy’Isi. Aya mabwiriza agamije korohereza abanyarwanda...

Imyidagaduro

Abakunzi ba sinema bafite amahitamo menshi muri iyi weekend, aho filime zitandukanye ziri mu zikomeje kuvugwa kubera inkuru zazo zitandukanye, kuva ku zishingiye ku...

Advertisement
August 2026
M T W T F S S
 12
3456789
10111213141516
17181920212223
24252627282930
31  

Akarere

Depite Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), ku wa 19 Ukuboza 2017, yatorewe kuyobora iyo nteko....