Afurika
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Hi, what are you looking for?
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Umuyobozi wungirije ushinzwe ibijyanye n’ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibya Afurika, Sarah Troutman, hamwe n’abayobozi b’iyo...
Perezida wa Madagascar, Michael Randrianirina, yafashe icyemezo cyo gusesa Guverinoma yose y’icyo gihugu, harimo no kwirukana Minisitiri w’Intebe wari uriho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi...
Impunzi zaturutse mu Burundi ziba mu nkambi zo muri Tanzania ziravuga ko zirashyirwaho igitutu gikomeye kugira ngo zisubire iwabo, nyuma y’uko inzego z’umutekano zitangiye...
Imiryango y’abasore b’Abanya-Kenya bashutswe bakajyanwa kurwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara irwana na Ukraine, ku wa kane yakoze imyigaragambyo mu murwa mukuru wa...
Ibihugu 12 bigize Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Iburengerazuba, Economic Community of West African States (ECOWAS), bivugwa ko byafashe icyemezo cyo gushinga umutwe mushya...
Perezida wa Repubulika ya Congo-Brazzaville, Denis Sassou Nguesso, w’imyaka 82, yatangaje ko arimo gutegura inzira izafasha urubyiruko kuzayobora igihugu mu gihe kiri imbere, mu...
Guverinoma ya Zimbabwe yatangiye kurekura imfungwa zigera ku 4,000, nyuma y’iteka rya Perezida ritanga imbabazi rusange ku byiciro bimwe by’abakatiwe, mu rwego rwo kugabanya...
Umuryango w’Abibumbye, United Nations, watangaje ko mu masaha 48 ashize, abaturage benshi baguye mu mirwano yongeye kubura mu majyaruguru ashyira Amajyepfo ya Sudan. Ubutumwa bw’Ingabo...
Muri iki cyumweru, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu...
Abanyafrika barenga 1,700 bamaze kujya mu gisirikare cy’Uburusiya barwana mu ntambara ibuhuza na Ukraine. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha,...