Imibereho myiza
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko nubwo imyumvire igenda ihinduka, hari 30% by’Abanyarwandakazi bakomeje kwemera ko hari nibura impamvu...
Hi, what are you looking for?
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko nubwo imyumvire igenda ihinduka, hari 30% by’Abanyarwandakazi bakomeje kwemera ko hari nibura impamvu...
Ubwizigame bw’abanyamigabane muri RNIT Iterambere Fund bwiyongereye ku buryo bugaragara mu myaka 10 ishize, bugera kuri miliyari 149.95 Frw mu 2026, buvuye kuri miliyari...
Urwego rw’umuvunyi rutangaza ko muri serivisi zimwe za Leta hakivugwamo imikorere mibi ndetse irangwamo ruswa, cyane cyane mu gutanga ibyangombwa by’ubutaka. Ku wa 10...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko ibizamini bya Leta by’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye rusange n’ay’imyuga n’ubumenyingiro (TSS) bizatangira ku wa...
Nyuma y’imikino ya 1/4, hamenyekanye amakipe ane akomeje muri 1/2 ari yo Argentina, u Bwongereza, u Bufaransa na Espagne, ategerejweho guhatanira itike y’umukino wa...
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakoze umuhango wo gusezera ku ba Ofisiye bageze mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi, bubashimira umusanzu bagize...
Ikipe y’Igihugu ya Espagne yamaze kubona itike ya ½ cy’irangiza mu Gikombe cy’Isi cya 2026, aho igiye gucakirana n’u Bufaransa nyuma yo gusezerera u...
Mu Mujyi wa Kigali, ikibazo cy’ibiciro by’ingendo za moto gikomeje kuvugisha benshi, aho abagenzi bavuga ko amafaranga basabwa yiyongereye ku buryo budasanzwe, mu gihe...
Ubushakashatsi bwa TransUnion Rwanda bwagaragaje ko ubutekamutwe bukoresheje ikoranabuhanga bukomeje kwiyongera, aho 62% by’Abanyarwanda babajijwe bavuga ko mu mezi atatu ya mbere ya 2026...
Ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka mu Rwanda, aho imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko muri Kamena 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda izi neza ko ikibazo cy’umushahara fatizo gikeneye igisubizo, ariko ashimangira ko icyemezo cyo kuwongera...
Rayon Sports na APR FC zamenye amakipe bazahatana na yo mu matsinda y’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026, nyuma ya tombola yabaye kuri uyu...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, arasaba abashoramari b’Abanyarwanda guhindura imyumvire bakarushaho kugira intego nini mu bucuruzi, aho kunyurwa n’ibyo amaze kugeraho kandi bafite ubushobozi...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda nshya yo gutumiza hamwe ibikomoka kuri peteroli bitunganijwe, igamije koroshya uburyo bwo...
Panorama Mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Cyahinda, Akagari ka Rutobwe, Umudugudu wa Rubona, haravugwa inkuru y’abaturage 17 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko banyoye...