Health
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurwanya indwara ya malariya, ubuyobozi bwibukije abaturage ko kwirinda ari bwo buryo bwizewe bwo kuyirinda, bushimangira...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu kurwanya indwara ya malariya, ubuyobozi bwibukije abaturage ko kwirinda ari bwo buryo bwizewe bwo kuyirinda, bushimangira...
Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu guhashya indwara ya malariya, abaturage n’inzego z’ubuzima barahamya ko ingamba zirimo gutera imiti yica imibu mu...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko yatangiye ku mugaragaro gutanga umuti mushya witwa Lenacapavir, ugamije gufasha mu gukumira ubwandu bwa Virusi itera Sida, mu rwego...
Ikigo gishinzwe iteganyagihe muri Kenya, Kenya Meteorological Department cyatangaje ko muri Kenya hashobora kwiyongera ubwandu bwa Malaria bukagera ku rwego rw’icyorezo, bitewe n’imvura nyinshi...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko impinduka ziherutse gukorwa muri gahunda ya Mituweli zigamije kuyongerera imbaraga no kuyigira irambye, ko atari ugushyiraho umutwaro...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’ibisazi by’imbwa ari imwe mu ndwara zica cyane, aho ishobora guhitana 99% by’abantu bagaragaje ibimenyetso byayo. Cyasabye...
Nubwo inzego z’ubuzima zikomeza kwibutsa ko amavuta yo gutekesha adakwiye gukoreshwa inshuro zirenze ebyiri, hari zimwe muri restaurant zikirengagiza ayo mabwiriza, zigakomeza kuyakoresha inshuro...
Ibitaro Bikuru bya Kibungo bikomeje guteza imbere serivisi z’ubuvuzi nyuma yo gushyikirizwa inyubako nshya igenewe abarwayi barembye (ICU) ndetse n’aho kubagira harimo ibikoresho bigezweho,...
Kuribwa umutwe ni ikibazo gikunze kubaho ku bantu benshi, haba ku bakuru cyangwa ku bato. Hari igihe umuntu abyuka akumva umutwe umuremereye cyangwa ukamurya...
Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwerekanye ko ubuziranenge bw’intanga z’abagabo bushobora guhinduka bitewe n’ibihe by’umwaka, bwagaragaje kandi ko mu gihe cy’impeshyi intanga ziba zifite imbaraga n’ubushobozi...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima zishobora kuba umutwaro ukomeye ku buzima. Abantu benshi batekereza ko izo ndwara ziza zitunguranye nta kimenyetso na kimwe umubiri wabanje...
Jackson Kwizera Mu ngo nyinshi, firigo ifatwa nk’intwari y’igikoni. Ni yo ibungabunga ibiribwa, ikadufasha kwirinda kurya ibyahumanye kandi ikanadufasha kuzigama igihe. Ariko se wari...
Panorama Five-year Value Partnership to modernize healthcare equipment nationwide Focus on education, training and upskilling workforce Kigali, Rwanda, 6th January, 2026 — Siemens Healthineers,...
Munezero Jeanne d’Arc Psoriasis ni indwara y’uruhu, ariko iyo itavuwe neza, ishobora guteza izindi ndwara. Ni indwara abantu benshi batazi neza kuko hari abayitiranya...