Health
Mu rwego rwo gufasha abagore gufata ibyemezo bishingiye ku makuru yizewe, hasohotse igitabo gishya cyiswe Mama Guide, cyanditswe n’inzobere mu by’ubuzima hagamijwe gusubiza ibibazo...
Hi, what are you looking for?
Mu rwego rwo gufasha abagore gufata ibyemezo bishingiye ku makuru yizewe, hasohotse igitabo gishya cyiswe Mama Guide, cyanditswe n’inzobere mu by’ubuzima hagamijwe gusubiza ibibazo...
Mu Rwanda no mu bindi bihugu, bamwe mu bakobwa babyariye iwabo ndetse n’abafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko bakunze guhura n’ivangura, ubukene...
Itsinda ry’abaganga b’inzobere mu kuvura indwara z’umutima ku bana ryaturutse muri Israel ryageze i Kigali, aho riteganya kumara icyumweru rifatanya n’abaganga b’Abanyarwanda mu kuvura...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire mu Rwanda (RHA) cyatangaje ko cyatangiye gahunda yo kwimura imiryango irenga ibihumbi 41 yari ituye ahatemewe cyangwa hashyira ubuzima bwabo...
Abashinzwe ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari mu bikorwa bikomeye byo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola gikomeje guhitana abantu mu majyaruguru y’uburasirazuba...
Uruganda rukora imiti n’inkingo rwa Pfizer rwatangaje ko amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe ku bufatanye na...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje ko kiri gukurikiranira hafi indwara ya Hantavirus nyuma y’uko hagaragaye ibibazo byayo mu bihugu bitandukanye ku Isi, gishimangira...
Mu rwego rwo kurushaho kwegereza abaturage serivisi z’ubuvuzi bwihariye, Ingabo z’u Rwanda zatangiye gahunda yo kuvura indwara zisaba abaganga b’inzobere ku baturage bo mu...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Christine Nkulikiyinka, yongeye gushimangira ko guteza imbere ubuzima bwiza n’umutekano ku kazi ari inkingi ikomeye mu kuzamura umusaruro w’abakozi...
Buri mwaka tariki 25 Mata, u Rwanda rwifatanya n’Isi mu munsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya malariya. Uyu mwaka insanganya matsiko iragira iti: “Kurandura malariya bihera...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yifatanyije n’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi mu gikorwa cy’Umuganda usoza ukwezi kwa Mata 2026, cyibanze ku bikorwa biteza...
Mu rwego rwo guhangana n’indwara ya malariya ikomeje kugaragara mu bice bitandukanye by’igihugu, u Rwanda rwashyizeho uburyo bushya bwo kuyivura hifashishijwe imiti itandukanye, mu...