Football
Ikipe ya Arsenal FC yongeye kwinjira mu mateka yayo, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri,...
Hi, what are you looking for?
Ikipe ya Arsenal FC yongeye kwinjira mu mateka yayo, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri,...
Ikipe ya Paris Saint Germain yegukanye intsinzi ikomeye imbere ya FC Bayern Munich mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, itsinze ibitego...
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Paris Saint-Germain na Bayern Munchen, amakipe ari muyo u Rwanda rukorana...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yahamagariye Abanyarwanda kwitabira ku bwinshi imikino iteganyijwe kuri uyu wa Gatatu, aho amakipe y’u Rwanda azaba ahatanira itike yo...
Amakipe abiri yo muri Sudani akina muri Shampiyona y’u Rwanda, Al Hilal SC na Al Merrikh SC, yagaragaye ku rutonde rw’amakipe 50 yitwaye neza...
Panorama Sports Umunyarwanda usiganwa ku magare wabigize umwuga, Mugisha Moise, akomeje kwigaragaza azamura ibendera ry’u Rwanda, aho yambaye umwambaro w’umukinnyi witwaye neza mu kuzamuka...
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko ryamaze gushyira ku mugaragaro urubuga rwa internet rushya, ruzajya rufasha abakunzi b’uyu mukino n’abafatanyabikorwa kubona...
Panorama Sports Gutsindwa kwa Arsenal ibitego 2-1 mu mukino bahuyemo na Manchester City ndetse n’imikino ya nyuma itagenze neza, byatumye batakaza icyizere ku mwanya...
Ikipe ya Etincelles FC yegukanye intsinzi y’ibitego 2-1 imbere ya APR FC, mu mukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona wabaye kuri uyu wa...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara ibiciro by’amatike ku mukino utegerejwe cyane uzayihuza na APR FC, uteganyijwe muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ibyishimo ku makipe afatanyije na gahunda ya Visit Rwanda akomeje kwitwara neza mu mikino ya UEFA...
Imikino yo kwishyura ya 1/4 cya UEFA Champions League yasojwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mata 2026, aho umukino wari utegerejwe na...
Panorama Sports Mu ijoro ryakeye hari uburakari bukomeye muri Espagne nyuma y’uko FC Barcelona isezerewe muri UEFA Champions League, mu mukino waranzwe n’impaka zikomeye...
Panorama Sports Mu mukino wahuje Manchester City na Chelsea, warangiye City itsinze ibitego byinshi, igitego cya gatatu cyatsinzwe na Jeremy Doku cyakurikiwe n’ibirori bikomeye....
Panorama Sports Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yahembwe agatubutse nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya FIFA Series 2026, aho buri mukinnyi yahawe agahimbazamusyi...