Imikino
RSSB-Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma (Final) nyuma yo gutsinda Ah Ahly yo mugihugu...
Hi, what are you looking for?
RSSB-Tigers ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL yakoze amateka yo kugera ku mukino wa nyuma (Final) nyuma yo gutsinda Ah Ahly yo mugihugu...
Panorama Sports Muri Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) irangiye, Arsenal yiteguye kubona akayabo k’amafaranga, agera kuri Miliyoni 171.5 z’amapawundi, mu gihe Chelsea izabona make...
Ikipe ya APR FC yongeye kwandika amateka mu mupira w’amaguru w’u Rwanda nyuma yo kwegukana Igikombe cy’Amahoro cya 2026 itsinze mukeba wayo Rayon Sports...
Ikipe ya RSSB Tigers BBC ihagarariye u Rwanda mu mikino ya nyuma ya Basketball Africa League (BAL) 2026, yatangiye neza iri rushanwa nyuma yo...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Sénégal, Pape Bouna Thiaw, yatangaje urutonde rw’abakinnyi 26 azifashisha mu mikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uru rutonde rugaragaraho...
Panorama Sports Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Stephen Constantine, yavuze ko tombola y’amajonjora y’Igikombe cya Afurika cya 2027 yasize u Rwanda mu itsinda...
Panorama Sports Ikipe ya Arsenal F.C. yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza, English Premier League 2025/2026, nyuma y’uko Manchester City F.C bari bahanganye inganyije...
Umutoza w’Umunya-Espagne Pep Guardiola ari mu nzira zo gusoza urugendo rwe muri Manchester City nyuma y’imyaka icumi ayitoza, aho biteganyijwe ko azava muri iyi...
Rayon Sports yongeye gutakaza amanota y’ingenzi muri shampiyona nyuma yo kunganya 1-1 na Gorilla FC mu mukino w’Umunsi wa 32 wa BK Pro League...
Umujyi wa Kigali wahawe ishimwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) nyuma y’uko u Rwanda rwakiriye neza Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025, yabereye bwa...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Byiringiro Lague, yavuze ko adateganya gukomeza gukina muri shampiyona y’u Rwanda nyuma y’uyu mwaka w’imikino, agaragaza ko intego ze zitajyanye...
Mu gihe ikipe ya Rutsiro FC ikomeje guhatana no kutamanuka mu Cyiciro cya Kabiri, umutoza wayo Rubangura Omar yavuze ko nubwo ibihe ikipe irimo...
Ikipe ya FC Barcelona yongeye kwegukana igikombe cya Shampiyona ya Espagne, La Liga, ku nshuro ya kabiri yikurikiranya. Ni nyuma yo gutsindira mukeba wayo...
Polisi yo mu Ntara y’Iburasirazuba bwa Zambia yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batatu bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umusifuzi Donald Tonga wari...
Ikipe ya Al Hilal SC yakomeje kwerekana ko ishaka kurangiza shampiyona iri ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 4-0 mu...