Amakuru
Abangavu batewe inda z’imburagihe basaga 70 bo mu Mirenge itanu y’Akarere ka Ngororero, ubwo baganirizwaga ku cyo itegeko riteganya mu kurengera umwana wahohotewe uri...
Hi, what are you looking for?
Abangavu batewe inda z’imburagihe basaga 70 bo mu Mirenge itanu y’Akarere ka Ngororero, ubwo baganirizwaga ku cyo itegeko riteganya mu kurengera umwana wahohotewe uri...
Bamwe mu babyeyi ntibarumva impamvu yo kwemerera abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 15 na 19, kuboneza urubyaro. Bagaragaza ko byaba binyuranije n’umuco Nyarwanda, kandi...
Uyu munsi mu kigo Ngororamuco cya Iwawa, habaye umuhango wo gusoza gahunda y’igororamuco n’amasomo y’imyuga ku rubyiruko 1640, rwari rumvaze umwaka muri iki kigo....
Urubyiruko rwo mu karere ka Ngoma rwagannye ikigega k’ingwate BDF, ruremeza ko iki kigega cyabafashije guhindura imibereho binyuze mu nguzanyo bahabwa. Uru rubyiruko ruvuga...
Ba Nyampinya 37 kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Mutarama 2019, hataratoranywamo 20 bazahatana ku munota wa nyuma bagatoranywamo Miss Rwanda 2019, mu...
Abakobwa bose uko ari 37 batsinze mu ntara zose ubu bameze neza, kandi biteguye kuvamo 20 ba mbere bazakomeza muri Boot Camp. Ijonjora rya...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Kaboneka Francis yasabye urubyiruko gusigasira imiyoborere myiza. Minisitiri Kaboneka yabwiraga urubyiruko rukomoka mu ntara no mu turere twose tugize u Rwanda,...
Ubwiyongere bw’abana b’abakobwa babyara bakiri munsi y’imyaka 21 bukomeje kuba ikibazo gisa n’icyaburiwe umuti mu karere ka Nyaruguru. Bamwe muri abo bana bo muri...
Youth from different primary, secondary and high learning institutions in Musanze district with the Ministry of Youth and ICT on Sunday 14th May 2017,...
Ubusanzwe amahembe y’inka barayajugunya kuko agaragara nk’adafite akamaro, ariko Habiyaremye, wahoze mu muhanda, ubu niyo amutunze kuko akoramo imitako itandukanye abyaza amafaranga. Habiyaremye Jean...
Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ryatangije gahunda yiswe ”Youth Leadership Development program (YLDP)” igamije gutegurira urubyiruko ejo heza binyuze...
Imwe mu miryango ifasha urubyiruko iranenga rumwe mu rubyiruko rwinenaguzwa imwe mu myuga rwanga kuyiga aho ruvuga ko igenewe igitsina runaka. Ruboneka Suzana, umwe...