Abagore
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa wa 2021: Biradusaba iki ngo turengere ubuzima bwe? Kuva mu buto bwe no mu gihe cy’ubwangavu, ibidindiza iterambere ry’umwana...
Hi, what are you looking for?
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana w’umukobwa wa 2021: Biradusaba iki ngo turengere ubuzima bwe? Kuva mu buto bwe no mu gihe cy’ubwangavu, ibidindiza iterambere ry’umwana...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, UNICEF rifatanyije n’Ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi hanze, NAEB, byiyemeje gutangiza...
Mu gihe hategurwa ibikorwa byo kwizihiza Yubile y’imyaka 25 imaze ibayeho, Choral le Bon Berger yo muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye yashyize...
Ikibazo cy’ibura ry’amata, kigiye kumara amezi 2 hirya no hino mu Gihugu; by’umwihariko mu bakorera ubworozi mu Murenge wa Karangazi ho mu Karere ka...
Ibiganiro bike hagati y’abana n’ababyeyi ku buzima bw’imyororokere ni kimwe mu bituma urubyiruko rwishora mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, bibaviramo kwandura indwara zandurira mu mibonano...
Nyuma y’umwaka n’igice urenga hafashwe ingamba zitandukanye zo gufunga bimwe mu bikorwa bihuza abantu, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’ubwandu bwa Covid_19, utubari twakomorewe kongera kwakira...
Uwayoboye igenzura ry’umutungo wa ADEPR mu rubanza No RP/ECON 00013/2017/TGI/GSBO ruregwamo abahoze ari abayobozi muri iryo torero bayobowe na Rev. Sibomana Jean na Past....
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko abantu bakomeje kugaragaza ihungabana rikabije, bitewe n’ ibibazo by’ingaruka z’icyorezo cya Covid_19 gikomeje gukoma mu nkokora abatari bacye mu Gihugu....
A new coalition initiative that gathers together five Non-Governmental Organizations Red Rocks Initiative for Sustainable Organization in Rwanda, VeryNile in Egypt, Uganda Junior Rangers...
Ubushinjacyaha Bukuru bugaragaza ko bwakiriye amadosiye 67. 512, raporo y’umwaka wa 2020/2021 igaragaza ko ibyaha byo gukubita no gukomeretsa ku bushake ndetse n’ubujura byaje...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasuye abaturage bo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, bavuga ko bugarijwe n’ikibazo cy’amakimbirane yiganje muri aka gace....